skol
fortebet

Icyamamare mu kubaka umubiri cyishyizeho ibishushanyo umubiri wose ndetse no ku gitsina [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 28, Dec 2018

Sponsored Ad

Icyamamare mu kubaka umubiri mu Bwongereza, Ray Houghton w’imyaka 61 cyaciye ibintu kubera ukuntu cyishyizeho ibishushanyo umubiri wose ndetse n’igitsina cyacyo aho cyatanze akayabo ka miliyoni zirenga 7 z’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo kibigereho.

Sponsored Ad

Iki cyamamare cyagaragaye kiri kwishushanyaho ibishushanyo ku mubiri wacyo wose ndetse gitegeka ushizwe gushushanya ku mubiri ko yagishushanyo ku gitsina ndetse no ku dusabo tw’intanga.

Uyu musaza w’imyaka 61,yatanze akayabo k’amapawundi ibihumbi 7,500 ndetse yamaze amasaha arenga 24 aryamye bari kumushushanyaho ibi bishushanyo umubiri wose.

Ray Houghton ukomoka mu mujyi wa Manchester yari amaze imyaka 2 agana abashushanya ku mubiri ngo babimwuzuzeho,none byarangiye abigezeho.

Ray asanzwe aba mu gihugu cya Espagne aho afite inzu ikorerwamo imyitozo ngororamubiri ikomeye ndetse benshi bahuruzwa no kumureba kubera ukuntu yishushanyijeho ahantu hose.




Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa