Igitangaza muri Nigeria cyarakozwe ubwo umupasiteri yazuraga uruhinja rwari rwapfuye(AMAFOTO)
Yanditswe: Friday 23, Jun 2017
Dr. Chris Okafor umuyobozi w’itorero Mountain Miracle and Liberation Ministries muri Nijeriya yazuye uruhinja rw’amezi atandatu rwari rumaze gushiramo umwuka rurongera ruba ruzima .
Nkuko ikinyamakuru pulse dukesha iyi nkuru kibitangaza ngo uru ruhinja rwari rumaze igihe rurwaye bikomeye ababyeyi barwo babuze uko babigenza niko kwerekeza ku rusengero bagirango bashyire uyu mwana wabo pasiteri Dr. Chris Okafor gusa bataragerayo uru ruhinja ruhita rw’itaba imana bakiri mu nzira berekeza ku (...)
Dr. Chris Okafor umuyobozi w’itorero Mountain Miracle and Liberation Ministries muri Nijeriya yazuye uruhinja rw’amezi atandatu rwari rumaze gushiramo umwuka rurongera ruba ruzima .
Nkuko ikinyamakuru pulse dukesha iyi nkuru kibitangaza ngo uru ruhinja rwari rumaze igihe rurwaye bikomeye ababyeyi barwo babuze uko babigenza niko kwerekeza ku rusengero bagirango bashyire uyu mwana wabo pasiteri Dr. Chris Okafor gusa bataragerayo uru ruhinja ruhita rw’itaba imana bakiri mu nzira berekeza ku rusengero.
Pasiteri Dr. Chris Okafor aryamisha uru ruhinja kuri alitari mbere gato yo kurusengera
Aba babyeyi ngo ntibigeze bacika integer n’ubwo babonaga umwana wabo amaze gushiramo umwuka niko kumugeza kurusengero bamuha Pasiteri Dr. Chris Okafor ngo amusengere barebe ko imana yakora ibitangaza uyu mwana wabo akazuka.
Pasiteri Dr. Chris Okafor usanzwe uzwiho gukora ibitangaza ngo yafashe uru ruhinja aruryamisha kuri alitari maze arurambikaho ibiganza arasenga asaba imana ko yazura uru ruhinja nyuma y’iminota mike uru ruhinja rurazuka abari aho batangira gusingiza imana.
Uru ruhinja rukimara kuzuka Pasiteri Dr. Chris Okafor ibyishimo byamurenze atangira kurira
Dr. Chris Okafor umuyobozi w’itorero Mountain Miracle and Liberation Ministries muri Nijeriya yazuye uruhinja rw’amezi atandatu rwari rumaze gushiramo umwuka rurongera ruba ruzima.
Nkuko ikinyamakuru pulse dukesha iyi nkuru kibitangaza ngo uru ruhinja rwari rumaze igihe rurwaye bikomeye ababyeyi barwo babuze uko babigenza niko kwerekeza ku rusengero bagirango bashyire uyu mwana wabo pasiteri Dr. Chris Okafor gusa bataragerayo uru ruhinja ruhita rw’itaba imana bakiri mu nzira berekeza ku rusengero.
Yahise arusuka amazi mu mutwe
Aba babyeyi ngo ntibigeze bacika integer n’ubwo babonaga umwana wabo amaze gushiramo umwuka niko kumugeza kurusengero bamuha Pasiteri Dr. Chris Okafor ngo amusengere barebe ko imana yakora ibitangaza uyu mwana wabo akazuka.
Pasiteri Dr. Chris Okafor usanzwe uzwiho gukora ibitangaza ngo yafashe uru ruhinja aruryamisha kuri alitari maze arurambikaho ibiganza arasenga asaba imana ko yazura uru ruhinja nyuma y’iminota mike uru ruhinja rurazuka abari aho batangira gusingiza imana.
Ibitekerezo
Amen
imana.nidufashe.nyomba.vyabaye
Imana ishimwe cyaneee,iragahora kungoma,,,imbaraga zayo zizagera hose
Nonese ko ibyo mwanditse mwabisubiyemo kabiri. Ubu ni uburangare. Uwayanditse n’uwagombaga kuyisubiramo bahanwe.
Imana Irahambay
Amen imana iriho kd iracyakora imirimo nibitangaza uko yariri nuyumunsi Niko iri kd Niko izahoraho
Andika Igitekerezo Hano. ntawizera Imana amaramare Imana yacu iriho kandi izokwama ibaho ibihe vyose
Nagira ngo nshimire umunyamakuru utugejejeho iyi nkuru y’igitangaza cy’Imana. Gusa naboneraho kumwibutsa ko ahanditse ’imana’’ hagombye kuba ari’Imana’ nk’uko bisanzwe bimenyerewe mu myandikire yemewe y’Ikinyarwanda.
Mbonereho kwibutsa ko ariya magambo yombi abaho kandi akoreshwa mu Kinyarwanda. Nk’uko bizwi, itandukaniro ni uko "imana’’ bishatse kuvuga "ikigirwamana". Naho ’Imana’ bikaba bishatse kuvuga’’ Uwiteka"/’Yehova"....
na rugagi araje azure abantu kahave
Nibakoko umwana yazutse ntabwo mwakagombye kuvugako pasteur ariwe wakoze igitangaza ahubwo igitangaza cyamukoreweho nuko umwana arazuka gusa mwibukeko n’imbaraga za satani zizakora muminsi y’imperuka.nuko rero mujye mushishore9a ibyanditswe mutekujya mugendera mukigare ngobyose n’Imana mujye musoma ibyanditswe.
Imanibihererwe icubahiro
Imana ni inyembazi
Imana niyo kubahwa
Babashuke. Ntacyapfuye kiba kizima, Nukugirango bamuyoboke nagakino nkindi yose ibera munsi yikirere.
Kubazi Imana ntacyo byaduhinduraho ntacyo byongera mukwqizera Andika Igitekerezo Hano
mugende iyo hirya se nyine nonese ubundi umuntu apfa hashize igihe kinganiki ngo yapfiriye munzira bakomeza kurusengero yarakiri muzima iyo bamuzana yaraye apfuye nkareba ko uwomutekamutwe amuzura