skol
fortebet

Igitangaza muri Nigeria cyarakozwe ubwo umupasiteri yazuraga uruhinja rwari rwapfuye(AMAFOTO)

Yanditswe: Friday 23, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Dr. Chris Okafor umuyobozi w’itorero Mountain Miracle and Liberation Ministries muri Nijeriya yazuye uruhinja rw’amezi atandatu rwari rumaze gushiramo umwuka rurongera ruba ruzima .
Nkuko ikinyamakuru pulse dukesha iyi nkuru kibitangaza ngo uru ruhinja rwari rumaze igihe rurwaye bikomeye ababyeyi barwo babuze uko babigenza niko kwerekeza ku rusengero bagirango bashyire uyu mwana wabo pasiteri Dr. Chris Okafor gusa bataragerayo uru ruhinja ruhita rw’itaba imana bakiri mu nzira berekeza ku (...)

Sponsored Ad

Dr. Chris Okafor umuyobozi w’itorero Mountain Miracle and Liberation Ministries muri Nijeriya yazuye uruhinja rw’amezi atandatu rwari rumaze gushiramo umwuka rurongera ruba ruzima .

Nkuko ikinyamakuru pulse dukesha iyi nkuru kibitangaza ngo uru ruhinja rwari rumaze igihe rurwaye bikomeye ababyeyi barwo babuze uko babigenza niko kwerekeza ku rusengero bagirango bashyire uyu mwana wabo pasiteri Dr. Chris Okafor gusa bataragerayo uru ruhinja ruhita rw’itaba imana bakiri mu nzira berekeza ku rusengero.

Pasiteri Dr. Chris Okafor aryamisha uru ruhinja kuri alitari mbere gato yo kurusengera

Aba babyeyi ngo ntibigeze bacika integer n’ubwo babonaga umwana wabo amaze gushiramo umwuka niko kumugeza kurusengero bamuha Pasiteri Dr. Chris Okafor ngo amusengere barebe ko imana yakora ibitangaza uyu mwana wabo akazuka.

Pasiteri Dr. Chris Okafor usanzwe uzwiho gukora ibitangaza ngo yafashe uru ruhinja aruryamisha kuri alitari maze arurambikaho ibiganza arasenga asaba imana ko yazura uru ruhinja nyuma y’iminota mike uru ruhinja rurazuka abari aho batangira gusingiza imana.

Uru ruhinja rukimara kuzuka Pasiteri Dr. Chris Okafor ibyishimo byamurenze atangira kurira

Dr. Chris Okafor umuyobozi w’itorero Mountain Miracle and Liberation Ministries muri Nijeriya yazuye uruhinja rw’amezi atandatu rwari rumaze gushiramo umwuka rurongera ruba ruzima.

Nkuko ikinyamakuru pulse dukesha iyi nkuru kibitangaza ngo uru ruhinja rwari rumaze igihe rurwaye bikomeye ababyeyi barwo babuze uko babigenza niko kwerekeza ku rusengero bagirango bashyire uyu mwana wabo pasiteri Dr. Chris Okafor gusa bataragerayo uru ruhinja ruhita rw’itaba imana bakiri mu nzira berekeza ku rusengero.

Yahise arusuka amazi mu mutwe

Aba babyeyi ngo ntibigeze bacika integer n’ubwo babonaga umwana wabo amaze gushiramo umwuka niko kumugeza kurusengero bamuha Pasiteri Dr. Chris Okafor ngo amusengere barebe ko imana yakora ibitangaza uyu mwana wabo akazuka.

Pasiteri Dr. Chris Okafor usanzwe uzwiho gukora ibitangaza ngo yafashe uru ruhinja aruryamisha kuri alitari maze arurambikaho ibiganza arasenga asaba imana ko yazura uru ruhinja nyuma y’iminota mike uru ruhinja rurazuka abari aho batangira gusingiza imana.

Ibitekerezo

  • Amen

    imana.nidufashe.nyomba.vyabaye

    Imana ishimwe cyaneee,iragahora kungoma,,,imbaraga zayo zizagera hose

    Nonese ko ibyo mwanditse mwabisubiyemo kabiri. Ubu ni uburangare. Uwayanditse n’uwagombaga kuyisubiramo bahanwe.

    Imana Irahambay

    Amen imana iriho kd iracyakora imirimo nibitangaza uko yariri nuyumunsi Niko iri kd Niko izahoraho

    Andika Igitekerezo Hano. ntawizera Imana amaramare Imana yacu iriho kandi izokwama ibaho ibihe vyose

    Nagira ngo nshimire umunyamakuru utugejejeho iyi nkuru y’igitangaza cy’Imana. Gusa naboneraho kumwibutsa ko ahanditse ’imana’’ hagombye kuba ari’Imana’ nk’uko bisanzwe bimenyerewe mu myandikire yemewe y’Ikinyarwanda.

    Mbonereho kwibutsa ko ariya magambo yombi abaho kandi akoreshwa mu Kinyarwanda. Nk’uko bizwi, itandukaniro ni uko "imana’’ bishatse kuvuga "ikigirwamana". Naho ’Imana’ bikaba bishatse kuvuga’’ Uwiteka"/’Yehova"....

    na rugagi araje azure abantu kahave

    Nibakoko umwana yazutse ntabwo mwakagombye kuvugako pasteur ariwe wakoze igitangaza ahubwo igitangaza cyamukoreweho nuko umwana arazuka gusa mwibukeko n’imbaraga za satani zizakora muminsi y’imperuka.nuko rero mujye mushishore9a ibyanditswe mutekujya mugendera mukigare ngobyose n’Imana mujye musoma ibyanditswe.

    Imanibihererwe icubahiro

    Imana ni inyembazi

    Imana niyo kubahwa

    Babashuke. Ntacyapfuye kiba kizima, Nukugirango bamuyoboke nagakino nkindi yose ibera munsi yikirere.

    Kubazi Imana ntacyo byaduhinduraho ntacyo byongera mukwqizera Andika Igitekerezo Hano

    mugende iyo hirya se nyine nonese ubundi umuntu apfa hashize igihe kinganiki ngo yapfiriye munzira bakomeza kurusengero yarakiri muzima iyo bamuzana yaraye apfuye nkareba ko uwomutekamutwe amuzura

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa