skol
fortebet

Ikanzu yasebeje icyamamare kitari cyambaye ikariso imbere y’imbaga [amafoto]

Yanditswe: Saturday 06, Jan 2018

Sponsored Ad

Icyamamare mu kuririmba,gususurutsa abantu mu bitaramo no gukina amakinamico kuri televiziyo cyitwa Shane Gilberto Jeneko kizwi nka Courtney Act gikomoka muri Australia,cyaraye gisebejwe n’ikanzu yacyo yacyambitse ubusa imbere y’abantu ubwo cyari kije gutambutsa ikiganiro mu marushanwa ya Big Brother yacaga kuri TV imbonankubone(Live).
Uyu mugore w’imyaka 35 yasebejwe n’ikanzu yari yambaye ubwo yari aje imbere y’abantu mu marushanwa ya Big Brother maze ikanzu yose igahuhwa n’umuyaga asigara (...)

Sponsored Ad

Icyamamare mu kuririmba,gususurutsa abantu mu bitaramo no gukina amakinamico kuri televiziyo cyitwa Shane Gilberto Jeneko kizwi nka Courtney Act gikomoka muri Australia,cyaraye gisebejwe n’ikanzu yacyo yacyambitse ubusa imbere y’abantu ubwo cyari kije gutambutsa ikiganiro mu marushanwa ya Big Brother yacaga kuri TV imbonankubone(Live).

Uyu mugore w’imyaka 35 yasebejwe n’ikanzu yari yambaye ubwo yari aje imbere y’abantu mu marushanwa ya Big Brother maze ikanzu yose igahuhwa n’umuyaga asigara yambaye ubusa ndetse benshi babona ubwambure bwe kuko nta mwenda w’imbere yari yambaye.

Uyu mugore yabaye iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga kubera ibyamubayeho ndetse benshi banenga iyi myambarire bimwe mu byamamare byiharaje yo kutambara imyenda y’imbere.


Ibitekerezo

  • Ntabwo ikanzu yahushywe numuyaga nkuko ubivuga ahubwo ni akenda kameze nkumukenyero yari yambaye mugihe yamanukaga kuri za escalier yagakandagiye karafunguka kavamo karagwa yambara. Ibyo byabereye muri UK umukobwa we akomoka muri Adelaide South Australia.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa