skol
fortebet

Imyitwarire y’umuraperikazi Cardi B ku rubyiniro rwa AMAs yatunguye benshi [AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 10, Oct 2018

Sponsored Ad

Umuraperikazi Cardi B uri mu bari kubyitwaramo neza muri iyi minsi yatunguye benshi mu barebye ibirori bya American Music Awards (AMAs) kubera imibyinire ye itangaje yaranzwe n’udushya twinshi aho yazamuraga ukuguru kwe akagukoza ku mutwe yicaye hasi.

Sponsored Ad

Uyu muraperikazi umaze iminsi abica mu ndirimbo yitwa Bodak Yellow, uri kugenda ahigika Nicki Minaj buhoro buhoro,yabyinnye karahava bigera ubwo ukuguru kwe yakuzamuye agukoza ku mutwe benshi barumirwa.

Mu ijoro ryakeye nibwo mu mujyi wa Los Angeles hatangiwe ibihembo bya 2018 American Music Awards ndetse Cardi B ari mu baririmbye ashimisha abantu mu ndirimbo ye I like It.

Cardi B uherutse kwibaruka umwana w’umukobwa mu minsi ishize,yaraye atunguye benshi kubera imbaraga nyinshi yakoresheje ku rubyiniro ndetse n’imyambarire ye yashimishije benshi.





Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa