skol
fortebet

Inkuru ibabaje y’umwana w’imyaka 4 wasambanyijwe akagirwa intere n’abantu bamushimutiye mu rusengero abakirisitu n’ababyeyi be bahumirije bari gusenga[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 20, Sep 2018

Sponsored Ad

skol

Polisi yo mu mujyi wa Lagos muri Nigeria yatangiye ikirego cy’umuntu utazwi winjiye mu rusengero akiba umwana w’imyaka ine w’umukobwa witwa Tope Ogundeyi yarangiza akamufata ku ngufu ndetse akamusiga yabaye intere,aho binavugwa ko ashobora no gupfa.

Sponsored Ad

Amakuru dukesha ikinyamakuru PM News avuga ko ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu mu gace ka Ejigbo gaherereye mu mujyi wa Lagos.

Uyu mwana yashimutiwe mu rusengero rwa Cherubim na ruherereye muri ako gace twavuze haruguru,ngo kuko bamusanze ari inyuma mu rusengero aho yasaga n’uri wenyine yitaruye abandi ari kwikinira.

Yari umuramyi

Umubyeyi wa Olumide Ogundeyi, yatangaje ko baje mu rusengero ubwo abakiristu bose bari bahumirije basenga isengesho ryari riyobowe n’intumwa,bagahita bamwiba.

Ngo hashize umwanya muto nibwo abakiristu baturiye urusengero bazengurutse inkengero zarwo bashaka uwo mwana kuko bari babonye abantu bamusohokanye ,cyane ko abakiristu bo bari bagisinziriye ngo banasenga.

Ogundeyi yongeyeho ko inzugi ndetse n’amadirishya by’urusengero byasaga n’ibyegetseho ngo kuko byasaga aho ari mu gicuku cy’ijoro.

Ababyeyi be

Umubyeyi w’uyu mwana we atangaza ko atari yagiye gusenga ariko abandi batashye abona umwana we adatashye nibwo bafatanyaga n’abandi kumushaka ariko birangira bamubuze.

Umwe mubakiristu yavuze ko nawe bisa nibyamutunguye cyane ngo kuko bakangutse bamubura kiandi bari bari kumubona.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa