skol
fortebet

Kigali:Umugore aratanga ubuhamya bw’uburyo yamezemo umurizo(AMAFOTO)

Yanditswe: Friday 12, May 2017

Sponsored Ad

skol

Ishimwe Lorie Esperance ni umugore ushima Imana ko yamukijije umurizo yaramaranye ukwezi n’igice nk’igihano Imana yamuhaye . Akizwa yari umuririmbyi w’indirimbo z’ibisope ( karahanyuze ) , akabifatanya no kuririmba Hip Hop nk’umuhanzikazi ku giti cye.
Lorie nkuko ariko benshi bamuzi ,yavuze ko mbere yuko amera umurizo yabanje kugerwaho n’abahanuzi batandukanye bamubwira ko igihe yahereye akora ibyaha Imana igiye kumuhana kandi ikamushyira ku karubanda.
Mu kwezi k’Ukuboza 2014 , nibwo mu (...)

Sponsored Ad

Ishimwe Lorie Esperance ni umugore ushima Imana ko yamukijije umurizo yaramaranye ukwezi n’igice nk’igihano Imana yamuhaye . Akizwa yari umuririmbyi w’indirimbo z’ibisope ( karahanyuze ) , akabifatanya no kuririmba Hip Hop nk’umuhanzikazi ku giti cye.

Lorie nkuko ariko benshi bamuzi ,yavuze ko mbere yuko amera umurizo yabanje kugerwaho n’abahanuzi batandukanye bamubwira ko igihe yahereye akora ibyaha Imana igiye kumuhana kandi ikamushyira ku karubanda.

Mu kwezi k’Ukuboza 2014 , nibwo mu Murenge wa Nyamirambo , mu karere ka Nyarugenge ho mu Mujyi wa Kigali inkuru yakwiriye hose ko hari umukobwa wameze umurizo .

Ishimwe Lorie Esperance ubwo yabaga agiye mu gisope kuririmbayo.

Ese uyu murizo waje ute ?

Ishimwe Lorie Esperance asobanura uko uyu murizo wameze , yagize ati :” Cyari ikinyama cyaje ariko kimeze nk’umurizo w’inka . Uburyo byaje rero nagiye kumva numva umugongo ucitsemo kabiri , ngira uburibwe bwinshi numva amaraso abaye menshi n’ikibuno kibaye kinini cyane . Ubwo rero anus yagize gutya irakururuka numva igeze mu ntege . Twagiye kwa muganga […] n’injoro baratubwira ngo ntago bafatanya umurizo n’ikibuno ngo babishobore . Byarananiranye , cyane ko numvaga ijwi rimbwira ngo nta muntu uzankiza ngo abishobore.”

Ishimwe Lorie Esperance mbere yuko amera umurizo yabonye ubutumwa bumuburira buvuye ku Mana ,Ati :” Umurizo nawumaranye ukwezi n’igice , impamvu waje ni uko narimaze igihe ndi umupagani wo mu rusengero . Nakoraga umurimo w’Imana nkahanura , nkabwiriza , ariko ibyo byose nkabikora ndi umusambanyi , nsambana na bamwe mu bahanuzi , abavugabutumwa , aba pasiteri , nkajya ku igaburo ryera , ba pasiteri bakabwiriza twabikoze , ayo bampaye bansambanya nkayaturamo icya cumi , urebye cyari igihano Imana impaye .

Kuko yarimaze iminsi ibimbwira ko nanze gukonja nkanga no gushyuha , ko ije kunduka. Yabimbwiraga ukwanjye kandi ikanabinyuza mu bahanuzi n’abapasiteri nkanga kumva , nayo imbwira ko igiye kukinteza ( umurizo ) kandi bizagera hose isi yose ikabimenya.”

Ishimwe Lorie Esperance yakize ate ?

Uyu mugore wubatse ni umukristu w’Itorero rya Pantekote mu Rwanda , yagiyemo ubwo yaramaze gukizwa akumva ko akwiye guhindura ingeso zimuranga akava mu byaha . Akira uyu murizo ngo yari mu masengesho mu cyumba cy’Amasengesho giherereye i Masoro.

Ati :” Abantu bumvaga ko ari igihano , kuko umunsi nkira uwo murizo ugasubirayo Imana yanyuze mu muhanuzi iravuga ngo ‘ Yewe nateje umurizo , ninjye waguhannye , ninjye wakiguteje .’ Narindi mu cyumba cy’amasengesho i Masoro . Cyari igihano kuko n’abantu bose iyo babyumvaga bavugaga ko iyo ndwara itabaho , cyane ko ntari kongera gusambana kuko narimfite umurizo mu kibuno.”

Ishimwe Lorie Esperance nubwo yakoraga ibi byose ngo yari umuhanuzi kandi ibyo Imana yamuvugiragamo ku bandi yarabisohozaga , ariko we itamwishimira . Gusa ngo ikibabaje ni uko ava mu bupagani yarimo yinjiye mu by’Imana akinjiranamo n’ingeso z’ubupagani zose.

Ishimwe akaba yavuze ko ubuhamya atanga bugamije kuburira abantu bakiri mu byaha ko babivamo bataragerwaho n’ibihano by’Imana , n’abari mu gakiza bagakomera aho kuba akazuyazi.

Uyu mugore ngo umudayimoni yarafite icyo gihe yarakomeye kandi ntawe yatinyaga kugusha mu byaha , k’uburyo yashoraga mu busambanyi n’abashyitsi baje baje kuvuga ubutumwa aho yasengeraga , abyicuza amaze gukizwa aramaramaza.

Ishimwe Lorie Esperance magingo aya ni umuhanuzi mu Itorero asengeramo rya ADEPR Nyacyonga muri Paruwasi ya Jabana mu karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali .

Src:Ibyishimo

Ibitekerezo

  • Imana niyo niyo ikora byose iyo ushattse kuyisuzugura,ntukurikize inzira ye ngo uve mu byaha kandi wa mugani uri n’umukozi wayo,iarakurakarira cyane dore ko nawe uzi aiakunda kuvuga ko ari" IMANA IFUHA" kuba rero yongeye kukugirira ubuntu ihahbwe ICYUBAHIRO. Kandi umenye ko Imana itanga umunyabyaha ahubwo yanga icyaha.

    iyonimitwe ko atabwiye abafunzwe ko bagiyegufungwa imitwe yomuri adpr nidanger
    .

    Ni keza byo!!!!!!!!!!!!!!

    lmana ishimwe kuko yagukijije

    ntimukathbeshye bishobkka bitese?

    uyu uvuga imitwe yo muri ADEPR witonde nabazanye ingenga bitekerezo ya Genocide baracyabonekerwa na mariya bagasenyeraho insengero na katiripirari ejobundi bigishwaga ndumunyarwanda na musenyeri wabo ukibaza ukuntu abantu bemewe bakigishwa ndumunyarwanda aribo bari bakwiriye kuyigisha nuko bigihihwe nyine bikorwa mwibanga murwanda abiba reta abanyamadini imiryango yigenga abakozi hafi yabose baragavura baratekinika mwitonde yesu naza azabashyira kumugaragaro nubwo mwihisha suko abafunze aribo banyabyaha

    Andika Igitekerezo Hano ubigumemo udakina kandi imana igukomeze rugamba

    Nuko mumaramaze gukiranuka kugato no kukanini kuko Imana itarobanura kubutoni kandi ikora ukwishaka mugihe cyayo, twe bitarabaho bitubere ikitegererezo turusheho gukora imirimo byiza Imana izatwibukiraho "Tuve mubyaha"

    La prostitution ne change pas. Donc elle reste prostituee malgre tout

    nimitwe ifoto afire umurizo irihe byemejwe nuwuhe muganga wemewe ko ari umurizo cg nindi ndwra?

    nimitwe ifoto afire umurizo irihe byemejwe nuwuhe muganga wemewe ko ari umurizo cg nindi ndwra?

    nimitwe ifoto afire umurizo irihe byemejwe nuwuhe muganga wemewe ko ari umurizo cg nindi ndwra?

    nimitwe ifoto afire umurizo irihe byemejwe nuwuhe muganga wemewe ko ari umurizo cg nindi ndwra?

    Byari gutangaza atari umupantekoti!!!!

    iyi,n ’indaya ndayizi iyinimitwe y’abiyita abarokore

    abahanuzi batere i
    kirenge mu cya Kristu

    NI MUREKE UWO MUGORE ATEKE IMITWE KUKO UTARANIGWA AGARAMYE AGIRANGO IJURU LIRI HAFI NIYO MPANVU AVUGA KO YAMEZE UMULIZO ESE UMURIZO UTAGARAGARA UKABONWA NAWE GUSA NIBIKI IBYO BURIYA NTAZI UBURYO ABANTU BIKIGIHE BASIGAYE BATEKA IMITWE NGO BUMVE KO HARI INSENGERO ZABONYE UBUHAMYA BWIMANA KUGIRANGO UMUSHAHARA WIYONGERE NABATANGA AMATURO BABE BENSHI NGO HABONETSE UMUNTU WIGITANGAZA BIKINISHA IMANA KUKO UTAZI AHO YAMUKUYE UWO NTITULI KUMWE ABANDI IBAHA IBYIZA WE IKAMUHA UMURIZO NUKO AZI KO WAMUGIYEMO YEMWE MUREKE TWE NIMANA DUKORE IBYACU NAHO MURI RUSANGE NI BOMBORI BOMBORI,amafr azatuma ducumura

    bavandimwe byaba bibabaje cyane kwiyit’umukristo ubizi nezako ubeshy’imana natwe rero dukwiriye kwisuzuma tukarebako imirimo dukorera mubwihisho inezez’imana

    bavandimwe byaba bibabaje cyane kwiyit’umukristo ubizi nezako ubeshy’imana natwe rero dukwiriye kwisuzuma tukarebako imirimo dukorera mubwihisho inezez’imana

    Ntukabeshye,none c wajyaga kurara uririmba igisope bwacya ukajya muri ADEPR? Ahubwo bakwitondere

    Imana iborohereze.naho uwo yarwaye hemoroide naho ibindi niwe ubizi n Imana ye.ntibakivuge kuko bit eye isoni umuntu arivuga nakarimurori.

    Uyu mwana bamurongoye mu kibuno cyane Kuko muri video iri kuri you tube avuga ko yaryamanye nabanyamahanga batandukanye ababikora namwe mwumvireho iyo urongorwa mu kibuno ngaruka nubwo burwayi
    Imana ishimwe ko yakijijwe ntakubabarira mu Isi nggo unasoreze kwa satani
    Bantu gusambana nicyaha Imana yanga urunuka

    Ntimugahimbe uzarwara ibirwara byinxaduka azavugako ngo Arimana ? Imana iyabariyo yaguhanisha nibirenze kuzana umurizo umva pe umurizose kowawutwikira ukagenda!

    Gutanga ubuhamya bwuko Imana yagukijije ni byiza ariko ugatanga ubuhamya bufasha bagenzi bawe
    naho ubu ndumva butatwegereza Imana hari ibintu dukwiye kwihana tukabibwira Imana hakaba nibyo dukwiye kubwira bagenzi bacu so iyi nkuru ntiyari ikwiye kujyanwa kukarubanda ngo yasambanaga nabakozi b’Imana ? C’est domage !
    Ubundi c niki cyatwemeza ko yabiretse ko nubundi yararaga mu Gisope bugacya akajya kuzura Umwuka ?

    Abarokore bazogeza ryari kubesha?kwanza uwo murizo uri he ko atawutweretse?canke iyo mana mwambika iceyi ngo yabahaye ibihano murakeka ari Imana yukuri?urusaku gusaaa

    Inkuruzi y’igikoba yikururiye akara! Ahubwo araje awumere maze ibinyoma bye bizabe impamo uwomurizo yameze udafatwa n’amafoto c ni mirizo ki ngo tube tuwubona twemere ibyo avuga bajye bagabanya ibinyoma

    Inkuruzi y’igikoba yikururiye akara! Ahubwo araje awumere maze ibinyoma bye bizabe impamo uwomurizo yameze udafatwa n’amafoto c ni mirizo ki ngo tube tuwubona twemere ibyo avuga bajye bagabanya ibinyoma

    Uyu mudamu ntabwo asengera Nyacyonga,icyakora yahateraniye amezi 2,impano y’ubuhanuzi ntayo twamubonyeho ,byose Ni imitwe no Gushaka amaronko

    uyu yarwaye hemoroide none arabeshya abantu gutyo kko,Imana ishimwe niba yarakize kdi akareka izo ngeso mbi zurukozasoni,sibyiza kwitaranga yihane ukuri kwo kwihana bizaba ari akarusho,ikindi tumenyeko iteka iyo utaretse ikibi ukora kiragutamaza

    Ari gushakaba amaronko nkuwahuye nikigeragezo kidasanzwe.

    Ari gushakaba amaronko nkuwahuye nikigeragezo kidasanzwe.

    Ari gushakaba amaronko nkuwahuye nikigeragezo kidasanzwe.

    Ari gushakaba amaronko nkuwahuye nikigeragezo kidasanzwe.

    ibi bivuzeko aba pasiteri n’abavugabutumwa benshi ari abasambanyi nkurikije ubuhamya bw’iyi ndaya

    Abantu babaye abashakashatsi b’ifaranga kugeza aho bisiga ibyaha bakabeshyera n’Imana!
    Ahaaa, ntibyoroshye!

    Buriya bamurongoraga mu kibuno bukeye azana amagara nibyo ari kwita umurizo

    nikuki abnyabyahabose baba muradeper imisishize ALISE yavuyemukuzimu azamur adeper ariko abamfuyebavugana nabazimagute?none arinenawe gwameze umurizo adeperi ibayicumbiryabadayimonipe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa