Ku myaka 50 aterurwa n’umugore we nk’uruhinja kubera indeshyo ye(AMAFOTO)
Yanditswe: Friday 21, Jul 2017
Basori, umugabo wo mu gihugu cy’ Ubuhinde ufite ubugufi budasanzwe, uyu mugabo yavutse neza nk’abandi bana ndetse mu mikurire ye wabonaga ntakibazo afite. Kuri ubu afite imyaka 50 y’amavuko ariko abamubonye birabatangaza kuko bamugereranya n’umwana w’imyaka 5 y’amavuko.
Uyu mugabo afite imyaka 50 abamubonye bose birabatangaza
Uyu mugabo arubatse afite umugore n’abana ndetse n’abavandimwe. uretse we mu muryango we wose ntawigeze agira ubumuga bwo kuba mugufi nk’ubwo afite.
Basori avuga ko kuri we (...)
Basori, umugabo wo mu gihugu cy’ Ubuhinde ufite ubugufi budasanzwe, uyu mugabo yavutse neza nk’abandi bana ndetse mu mikurire ye wabonaga ntakibazo afite. Kuri ubu afite imyaka 50 y’amavuko ariko abamubonye birabatangaza kuko bamugereranya n’umwana w’imyaka 5 y’amavuko.
Uyu mugabo afite imyaka 50 abamubonye bose birabatangaza
Uyu mugabo arubatse afite umugore n’abana ndetse n’abavandimwe. uretse we mu muryango we wose ntawigeze agira ubumuga bwo kuba mugufi nk’ubwo afite.
Basori avuga ko kuri we nta kibazo afite uretse abantu bamutangarira gusa, ahamya ko ateye nk’abandi ndetse yakuze nk’abandi.
Uyu mugabo ahamyako ubumuga bwo kuba mugufi bwatangiye kugaragara afite imyaka 5 aho aba byeyi be guhera kuri iyi myaka babonye adakura ngo abe yazamuka hejuru nk’abandi.
Ateruwe n’umugore we
Nubwo yagize ikibazo cy’ubugufi mubo yabyaye ntawigeze agira ikibazo nk’icye
Ibitekerezo
ikigihugu cyu buhinde amahano kariho yibera nukuberiki
Abagore bazi guterura koko erega arakibangatanye
Yooooooo uyu mugore disi arihangana , nukuri imana uzabimwiture
uwo mugore imana imuhe imigish