skol
fortebet

Kubera imyambarire ye,umugore w’imyaka 31 yirukanwe mu ndege igitaraganya yagombaga kumusubiza iwabo bituma arara ku kibuga cy’indege[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 04, Jul 2019

Sponsored Ad

skol

Amabwiriza n’amategeko kimwe mu bintu biukunze guhanisha abantu cyane hatitawe ngo waba uzi ikosa waguyemo cyangwa go ntaryo uzi .Umugore witwa Harriet Osborne w’imyaka 31 y’amavuko yagombaga gusubira mu Bwongereza avuye i Malaga muri Espagne ariko ntibyamugendekeye nk’uko yabyifuzaga kubera imyambarire ye ihabanye nuko amategeko y’Indege ya Easyjet itegeka abayigendamo.

Sponsored Ad

Uyu mubyeyi w’abana babiri yirukanwe mu ndege kubera uko yari yambaye,Yari yambaye ijipo n’agashati kabengerana cyane ndetse gafunguye cyane mu gatuza ndetse nta n’isutiye yarimo. Nyuma yo kubwirwa n’umukozi wo mu ndege ko atagomba gukomeza kwambara atyo, yarengejeho umupira w’umugabo we ariko umwe mu bagenzi akomeza ubwira abakozi b’indege ko atanejewe n’imyambarire y’uyu mugore.

Mu magambo ya Harriet nyuma yo gusohorwa mu ndege yagize ati”Itsinda ry’abakozi bo mu ndege rikabije kuba ribi. Numvise merewe nai. Banshyize imbere y’abandi bagenzi bose mu ndege, ambwira ko ntemerewe kuguma mu ndege nambaye iyo shati. Nyuma nifubitse ariko ntibyagira icyo bihindura. Bamperekeje hanze y’indege. Byarambabaje. Ni ivangura rishingiye ku gitsina (Sexisme)”.

AMAKURU YO HANZE Umugore yirukanwe mu Ndege igitaraganya kubera uko yambaye bituma arara ku kibuga cy’Indege(AMAFOTO)
ByDavid MayiraPosted on July 4, 2019 SHARE TWEET SHARE SHARE EMAIL COMMENTS
Amabwirizani n’amategeko kimwe mu bintu biukunze guhanisha abantu cyane hatitawe ngo waba uzi ikosa waguyemo cyangwa go ntaryo uzi .Umugore witwa Harriet Osborne w’imyaka 31 y’amavuko yagombaga gusubira mu Bwongereza avuye i Malaga muri Espagne ariko ntibyamugendeye nk’uko yabyifuzaga kubera imyambarire ye ihabanye nuko amategeko y’Indege ya Easyjet itegeka abayigendamo.

Harriet wirukanwe mu ndege kubera agashati yari yambaye
Uyu mubyeyi w’abana babiri yirukanwe mu ndege kubera uko yari yambaye,Yari yambaye ijipo n’agashati kabengerana cyane ndetse gafunguye cyane mu gatuza ndetse nta n’isutiye yarimo. Nyuma yo kubwirwa n’umukozi wo mu ndege ko atagomba gukomeza kwambara atyo, yarengejeho umupira w’umugabo we ariko umwe mu bagenzi akomeza ubwira abakozi b’indege ko atanejewe n’imyambarire y’uyu mugore.

Mu magambo ya Harriet nyuma yo gusohorwa mu ndege yagize ati”Itsinda ry’abakozi bo mu ndege rikabije kuba ribi. Numvise merewe nai. Banshyize imbere y’abandi bagenzi bose mu ndege, ambwira ko ntemerewe kuguma mu ndege nambaye iyo shati. Nyuma nifubitse ariko ntibyagira icyo bihindura. Bamperekeje hanze y’indege. Byarambabaje. Ni ivangura rishingiye ku gitsina (Sexisme)”

Easyjet, sosiyete yo gutwara abantu mu ndege ibi byabereyemo, nayo yagize icyo ibivugaho, aho bahamya ko uyu mugore yirukanywe kuko yabwiye nabi abakozi babo, ko ntaho bihuriye n’imyambarire ye. “Umukozi yamubwiye mu kinyabupfura ko agomba guhindura iyo shati kugira ngo agende mu ndege. Yabyemeye ariko ahita atangira kugira imyitwarire yabangamiye itsinda ryose ry’abakozi bari muri urwo rugendo. Ntabwo tujya twihanganira imyitwarire ihohotera abakozi bacu.”

Nyuma yo kwirukanwa mu ndege, Harriet yaraye ku kibuga cy’indege cya Malaga, hanyuma afata indi ndege umunsi wakurikiyeho.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa