skol
fortebet

Mu mafoto adasanzwe reba agace ka mbere ku isi gatatswe n’ibyiza gusa[AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 15, Jan 2019

Sponsored Ad

skol

Agace kitwa Giethoorn ko mu Buholandi kari mu dukurura ba mukerarugendo benshi cyane ku isi bitewe n’uburyo kubatse, ntikagendwamo n’imodoka, ahakagiye imihanda hari imigezi isukuye igendwamo n’abahatuye mu bwato.

Sponsored Ad

Aka gace gatuye mu ntara yitwa Overijssel gatuwe n’abantu bagera ku 2600, ba mukerarugendo bagasura basabwa gusiga imodoka zabo hanze y’ako gace bagatembera bakoresheje ubwato buto bwahagenewe bunyuma mu nzira z’amazi ziri buri hose.

Aka gace kamamaye cyane ku isi mu mwaka wa 1958 nyuma y’aho umukinnyi wa filime zo gusetsa witwa Bert Haanstra ahakiniye iyitwa Fanfare yaje kwamamara cyane.









Ibitekerezo

  • Mbega byiza!!!Gusa tujye twibuka ko isi nshya dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13,izaba imeze nka EDEN yose.Izaba ari nziza cyane.Nta muntu uzongera gukena,gusaza,kurwara cyangwa gupfa.Soma Ibyahishuwe 21:4.Tuzaba dukina n’intare,inzoka,etc...Soma Yesaya 11:6-8.
    Niba ushaka kuzaba muli iyo Paradizo cyangwa ukajya mu Ijuru Rishya rivugwa muli uwo murongo,Yesu agusaba kutibera mu byisi gusa,ahubwo "ugashaka ubwami bw’imana" buzaza mu myaka mike iri imbere (Matayo 6:33).Niyo wapfa Paradizo itari yaza,Yesu agusezeranya kuzakuzura ku Munsi wa Nyuma.Niwe wabyivugiye muli Yohana 6:33.Abibera mu byisi gusa,ntabwo bazazuka (Abagalatiya 6:8).

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa