skol
fortebet

Mu mafoto reba imyitozo idasanzwe y’abasirikare bagize Special Force bahekenya inzoka nzima n’amenyo[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 08, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

Ntibisanzwe bimenyerewe ariko bibaho,imyitozo y’ ingabo zigize umutwe wihariye udasanzwe w’ingabo [Special Forces], ikangaranya benshi bayibona, bitewe n’ibyo izo ngabo zikorera mu maso y’abantu.
Uretse imyitozo njyarugamba bahabwa, iy’umubiri ituma umubiri wabo usa n’ukwenduka n’amagufa akaborohera kujya mu cyerekezo bashaka kuganamo n’icyo bashaka gukora, izi ngabo zigaragaza n’ubuhanga bwo kujya inzoka nzima bafashe ntibagire icyo baba, mu gihe usanga bitoza baca amajosi y’inkoko.
Ibyo (...)

Sponsored Ad

Ntibisanzwe bimenyerewe ariko bibaho,imyitozo y’ ingabo zigize umutwe wihariye udasanzwe w’ingabo [Special Forces], ikangaranya benshi bayibona, bitewe n’ibyo izo ngabo zikorera mu maso y’abantu.

Uretse imyitozo njyarugamba bahabwa, iy’umubiri ituma umubiri wabo usa n’ukwenduka n’amagufa akaborohera kujya mu cyerekezo bashaka kuganamo n’icyo bashaka gukora, izi ngabo zigaragaza n’ubuhanga bwo kujya inzoka nzima bafashe ntibagire icyo baba, mu gihe usanga bitoza baca amajosi y’inkoko.

Ibyo bigaragara mu ngabo za Amerika iza Liban n’ahandi

Amwe mu mafoto:











Ibitekerezo

  • Ibintu bibera mu gisirikare,biteye ubwoba.Ndebera nawe.Utabonye amafoto,wagirango barabeshya.Ikindi giteye ubwoba cyane,ni ibibunda bakoresha.Mulibuka Missiles zitwa Hypersonic Russia iherutse kwerekana.Abahanga benshi,bavuga ko nta kabuza Intambara ya 3 y’isi iri hafi cyane.Kubera ko barwanye bagakoresha biriya bitwaro isi yose yashira,Imana izabatanga itwike biriya bitwaro (Zaburi 46:9),yice abantu bose bakora ibyo itubuza,harimo n’abantu barwana (Matayo 26:52).
    Ibyo bizaba ku Munsi w’Imperuka wegereje Bible yita Armageddon.Hazarokoka gusa abantu bumvira imana kandi bakunda amahoro (Imigani 2:21,22).

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa