skol
fortebet

Umugabo yakoze ubukwe n’abagore 2 bazabana mu rugo rumwe [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 25, Oct 2018

Sponsored Ad

skol

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucicikana amafoto agaragaza umugabo wakoze ubukwe n’abagore babiri maze biyemeza kubana nawe akaramata mu rugo rumwe bose basangiye umugabo.

Sponsored Ad

Ubu bukwe bwabereye mu gihugu cya Nigeria mug ace kitwa Aba State gaherereye mu majyepfo y’iki gihugu.

Umugabo witwa Mr Ejindu yiyemeje gusezerana n’abagore babiri barimo uwitwa Ebere na Oyediya, ubukwe bwabereye umunsi umwe imihango yose ikorwa mu bukwe nayo irakorwa ndetse bwari ubukwe bwari bwatashywe n’abantu benshi abageni bashyigikiwe n’imiryango yabo.

Uyu mu gabo yavuzeko impamvu yasezeranye n’aba bagore bombi ari uko bose abakunda kandi ngo nabo bakaba bamukunda bityo akaba atifuzaga kugira numwe atakaza.

Ni ubukwe bwahuruje imbaga y’abantu benshi ndetse bamwe bakaba bibazaga uburyo aba bagore bazabana mu nzu imwe basangiye umugabo umwe.

Mr Ejindu yahamije ko muri aba bagore buri wese afite icyo yamukundiye, ibi bikazatuma ntawe akundwakaza kurusha undi.


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa