skol
fortebet

Niwe mugore ukina Filimi z’urukozasoni ufite amabere manini kurusha abandi ariko agiye kuyongeresha[AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 18, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

Ubusanzwe uyu mugore yitwa Mayra Hills ariko akaba azwi cyane ku izina rya Beshine kuko ariryo akoresha muri Filimi akina z’urukozasoni,akaba akomoka mu gihugu cy’Ubudage,ubu akaba ariwe mugore ufite amabere manini kurusha abandi ku isi ariko we arifuza kuyongeresha.

Sponsored Ad

Beshine bikaba byaramutwaye akayabo k’amadorali y’Amerika atari make kugira ngo akoreshe aya mabere angane kuriya,kuko ubusanzwe ntabwo ariko yanganaga,gusa we avuga ko ayakunda kuko ngo amufasha cyane mu kazi ke akora ko gukina amafilimi y’ubusambanyi.

Aya mabere ye yose uyapimye ngo apima ibiro 18 byose,ni ukuvuga ko buri bere ripima ibiro 9,ariko ngo nubwo amuvuna kandi akabona icyo yambara ari uko abanje kukidondesha,we arabishima ndetse agaterwa ishema nabyo kuko anifuza ko ingano yaya mabere ye ko yongerwa.

Mu magambo ye yagize ati “Nibyo koko birangora kubona umwenda unkwira ntabanje kujya kwibonanira n’uwudoda kubera ubunini bw’amabere yanjye. Nizera ko umunsi umwe abanyamideri bazatekereza kujya bakora imyenda ikwira abantu nkatwe.”

Uretse kuba akomeza guhura nibi bibazo,we ntibimubuza kwishimira amabere ye nkuko ikinyamakuru Daily mail dukesha iyi nkuru kibitangaza,kuko binamufasha kuba urubuga rwe rwa Internet rusurwa n’abantu batari bake.Umwe mu nshuti ze za hafi yagize ati” Beshine akunda cyane kumva ko yitaweho kandi ahabwa agaciro mu bandi. Ibi rero bituma akunda amabere ye kuko atuma abantu benshi bakurikirana urubuga rwe bwite ndetse na we akamamara.”

Nubwo abantu benshi babona aya mabere ye bakumva bamugiriye impuhwe,Beshine we ntacyo bimubwiye kuko agishaka no kuyongera ahubwo,akaba anasaba abantu kumushyigikira ndetse no kumuba hafi ubwo azaba yagiye kwibagisha ngo bayongere.


Ibitekerezo

  • In mizigo arko acigatiye reka reka ntamuntu umurimo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa