skol
fortebet

Nyuma yo gusambana n’umugabo w’abandi,uyu mukobwa w’imyaka 20 yahise asara

Yanditswe: Saturday 05, Jan 2019

Sponsored Ad

skol

Abaturage ba Cameroon baguye mu kantu nyuma yo kumva ko umukobwa yasaze nyuma y’ umunsi aryamanye n’ umugabo wundi mugore.

Sponsored Ad

Brenda Atagana, watangaje iyi nkuru yavuze ko uyu mukobwa n’ uyu mugabo basambanye kuri noheli tariki 25 Ukuboza 2018, bukeye babona uwo mukobwa wo mu mujyi wa Douala yasaze.

Brenda yagize ati “Imana ni umukozi w’ umuhanga, umukobwa yasaze nyuma yo gusambana n’ umugabo wubatse. Uyu mukobwa w’ imyaka 20 yasambanye n’ uyu mugabo ubwo bari basohokanye muri lodge bagasakuriza abandi bitana amazina y’ abakundana”

Brenda yavuze ko uyu mukobwa wasaze ari inshuti ye, ngo yahoraga amuha gasopo ku bagabo b’ abandi akavunira ibiti mu matwi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa