skol
fortebet

Umugabo yasanze umugeni we atari isugi anatwite ajya gusaba inkwano ze

Yanditswe: Tuesday 01, Aug 2017

Sponsored Ad

skol

Umugabo witwa Swazrtz Manyeva Dlama wo muri Senegal,nyuma yo gusanga umugore we atari isugi bakimara gushyingiranwa yahise apakira inka 24 yari yatanze nk’inkwano arazisubirana maze ajya mu rukiko gutanga ikirego yahise azisubizwa.
Uyu mugabo akaba yarabeshywe n’umugeni we ko ari isugi gusa nyuma umugabo akaza gusanga yarataye ubusugi ndetse atwite n’inda y’amezi atatu.
Gusa umugore aganira na The Sun yavuze ko uwo mugabo yar’abizi ko atari isugi ndetse atwite n’inda y’amezi atatu ndetse ko (...)

Sponsored Ad

Umugabo witwa Swazrtz Manyeva Dlama wo muri Senegal,nyuma yo gusanga umugore we atari isugi bakimara gushyingiranwa yahise apakira inka 24 yari yatanze nk’inkwano arazisubirana maze ajya mu rukiko gutanga ikirego yahise azisubizwa.

Uyu mugabo akaba yarabeshywe n’umugeni we ko ari isugi gusa nyuma umugabo akaza gusanga yarataye ubusugi ndetse atwite n’inda y’amezi atatu.

Gusa umugore aganira na The Sun yavuze ko uwo mugabo yar’abizi ko atari isugi ndetse atwite n’inda y’amezi atatu ndetse ko inda ariye.Abajijwe igihe bamenyaniye, mu gusubiza yavuze ko bamenyanye bacyiga amashuri yisumbuye.

Umugore akomeza avuga ko umugabo yamusabye ko babana bakirangiza amashuri yisumbuye muri 2012 akabyanga,akamubwira ko akeneye gukomeza amashuri ye kugeza ayarangije.

Amashuri azwi nka kaminuza yayarangije mu 2016, ubu akaba aribwo bakoze ubukwe nubwo bukeye bwaho umugabo yabyutse ajya gutanga ikirego cyo kwisubiza inkwano ze arizo inka 24 yari yamukoye.

Gusa hakaba hari amakuru avuga ko umugore n’umugabo bari babyumvikanyeho,aho ngo bari bumvikanye ko inkwano bazamuca zose yazazitanga nyuma bakazazigarurira ariko byamaze kwemezwa ko aba bombi babanye,bitewe nuko umugabo nubundi iwabo w’umukobwa batamwishimiye.

Ibitekerezo

  • Bipfa Mumvugano,knd Gushtsa Ivyasezeranwe Nibyiza,haa!Kubna Isugiyakino Gihe,ninka Masobe Yinkoko Pe!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa