skol
fortebet

Pasiteri yahatiye abakirisitu be kunywa amasohoro ye ababwira ko ari amata y’umwuka wera

Yanditswe: Thursday 04, Oct 2018

Sponsored Ad

skol

Valdeci Sobrino ni umugabo wiyita umukozi w’Imana, yabwiye abakirisitu ko Imana yamuhaye amata afite umugisha w’Umwuka Wera akaba ngo ari amasohoro amuturukamo.

Sponsored Ad

Uyu mugabo ukomoka muri Brasil yabwiye abakirisitu abereye umushumba ko intanga cyangwa amasohoro ava mu gitsina cye ngo imana iba yayahaye umugisha kandi ko bagomba kuyamira nk’uko ikinyamakuru Africa info kibivuga.

Uyu wiyita Pasteur Valdeci Sobrino afite imyaka 59 y’amavuko, yafashwe n’igipolisi cyo muri icyo gihugu ngo arembeje abakobwa aho bashiraga igitsina cye mu minwa yabo kugeza amasohoro aje.

kimara gufatwa na polisi nta bwoba bwigeze bumuranga kuko yakomeje guhamiriza avuga ko uwo murimo wo gutanga amata biciye mu masohoro azabikomereza aho azafungirwa.

Nubwo abantu benshi bavuga ko akoresha amarozi kugirango abantu batabitekerezaho no kuyoboka andi madini, nyir’ubwite avuga ko atanga buri gihe ubutumwa ahabwa na Yesu.

Ibitekerezo

  • intama nubundi ntizitekereza , iyo wamaze kwemera k uri intama ubwo tegereza aho bazakujyana ntuzabaze

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa