skol
fortebet

Ray J wahoze ari umugabo wa Kim Kardashian yamennye amabanga ye menshi

Yanditswe: Sunday 04, Nov 2018

Sponsored Ad

Umuraperi witwa Ray J wahoze ari umugabo wa Kim Kardashian ataraba icyamamare cyane,yatangaje ko uyu munyamideli w’imyaka38 afite igikapu cyuzuye ibikinisho yifashisha mu gukora imibonano mpuzabitsina ndetse yabaswe no kwifata ama selfies gusa.

Sponsored Ad

Uyu muraperi w’imyaka 37 yavuze ko Kim Kardashian atakaza buri mwaka akayabo k’ibihumbi 75 by’amadolari agura utwenda tw’imbere ndetse akunda kunywa umuvinyo witwa Cristal.

Ku wa kane w’iki cyumweru,nibwo Ray J yavuze ko aticuza kuba yaratandukanye na Kim ndetse bimushimisha kuba yararyamanye nawe mbere ya Kanye West usigaye ari umugabo we.

Yagize ati “Kim nanjye twagiranye ibihe byiza.Twakundaga gukorana siporo gusa ntiyayikundaga kuko yanga kugira ibyuya.Iyo yakoraga siporo yaburaga ukuntu yitera ibirungo.Yakundaga imibonano mpuzabitsina nk’umusazi ndetse yari afite igikapu gitukura cya Louis Vuitton cyari cyuzuye ibikinisho byo kumufasha gutera akabariro.yatakaje ibihumbi birenga 100 by’amadolari agura amakariso (G-strings).

Ray J yamamaye cyane mu bitangazamakuru kubera amashusho y’urukozasoni yasohotse ari gutera akabariro na Kim Kardashian byatumye n’uyu mugore aba icyamamare,akurura amaso y’ibyamamare bitandukanye kubera ubwiza bwe.




Ray J yashyize hanze amabanga ya Kim Kardashian

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa