skol
fortebet

Reba Ikirwa cy’ubusambanyi gikomeje gutungura benshi kubera ibikorwa by’urukozasoni bihabera[amafoto]

Yanditswe: Tuesday 19, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

Mu gihugu cya Colombia hashyizweho agace kitwa ikirwa cy’ubusambanyi “Sex Island” gafasha abantu kurangiza umwaka mu byishimo aho haba huzuye indaya n’ibiyobyabwenge bitandukanye ndetse n’amoko atandukanye y’inzoga.

Sponsored Ad


Kugira ngo winjire muri aka gace ugomba kwishyura ibihumbi 3,700 by’amapawundi aho bahita baguha indaya 2 ndetse wazirambirwa ukagurana n’abandi,ibintu byatangaje abantu benshi ndetse babazwa n’ibikorwa by’urukozasoni bihabera.

Abagana iki kirwa cy’ubusambanyi bamara iminsi 4 mu binezeza aho inzoga aba ari ubuntu, ndetse haba harinzwe cyane kuko abagera kuri 30 aribo bahabwa amatike aberekeza kuri iki kirwa.

Abahagarariye iki kirwa bemeza ko abakobwa baza kwigurisha kuri iki kirwa babanza gusuzumwa neza icyorezo cya SIDA ndetse n’izindi ndwara zitandukanye kugira ngo batazanduza abakiriya aho ndetse bemeje ko baba bafite udukingirizo duhagije ku buryo umukiriya atatubura.

Bamwe mu bakobwa bigurisha kwigurisha,bavuze ko benshi mu basura aka gace ari abakire bo muri USA ndetse ari ibyamamare ku isi hose kubera akayabo k’amamiliyoni batunze aho bavuze ko bifuza kugabanya ibiciro kugira ngo naba rubanda rugufi bitabire gusura iki kirwa.

Iyo ukigera kuri iki kirwa uhasanga abakobwa benshi bicuruza aho ugenda ubamenaho inzoga werekeza mu cyumba kirimo abambaye ubusa aho ndetse haba huzuye amato arimo aba DJ baba bacuranga imiziki y’Ubwoko bwose.

Ibitekerezo

  • Nyine bijye bibereka ko isi igeze mu minsi y’imperuka nkuko Bible ivuga.Nubwo benshi badashaka kubyemera.Muli 2 Timote 3:1-5,havuga ko mu minsi y’imperuka,abantu bazaba bakunda ibibanezeza" (mu buryo bukabije).Nyamara iyo ubwirije abantu ibyerekeye imana hafi ya bose banga kumva.Bible ibita "abakobanyi" (Ridiculers) bo mu minsi y’imperuka nkuko 2 Petero 3:3-4.Ibi mubona by’ubusambanyi,intambara,kwikunda,...kera ntabwo byari bikabije nk’uyu munsi.Urugero,abantu ni bangahe bemera ko gusambana ari icyaha?Ahubwo basigaye babyita "gukundana".Mu myaka yashize,abakobwa hafi ya bose barongorwaga ari VIERGE.None kwambara ubusa,wanitse umukondo,amabere,ibibero,sex,kwambara imyenda waciye,...byabaye itegeko.Nta gushidikanya,imperuka iri hafi cyane.Ariko mujye mumenya ko izica abantu bose bakora ibyo imana itubuza,igasiga abantu bayumvira gusa.Bisome muli Imigani 2:21,22.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa