skol
fortebet

Rwatubyaye n’umukunzi we bashyize hanze amashusho bari gusomana mu buryo budasanzwe[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 12, Jul 2018

Sponsored Ad

Myugariro Rwatubyaye Abdul ukinira ikipe ya Rayon Sports n’umukunzi we witwa Umurerwa Chelna bashyize hanze amashusho barimo gusomana bikomeye,birekuye cyane nk’abagiye gutera akabariro.

Sponsored Ad

Muri aya mashusho ari guca ibintu Rwatubyaye n’uyu mukobwa bivugwa ko babana mu nzu basomanaga mu buryo budasanzwe ndetse ubona ko ibyishimo byabarenze.

Bivugwa ko Chelna amaze imyaka igera kuri ibiri akundana na Rwatubyaye ndetse bivugwa ko bashobora kuba basigaye banabana mu nzu imwe, gusa ku ruhande rwabo ntawurabyerura ngo abitangaze ku mugaragaro.

Umurerwa Chelna niwe washyize ku mbuga nkoranyambaga ze aya mashusho arimo gusomana bikomeye (Kuryana Iminwa) na Rwatubyaye.

Chelna yavuzwe cyane mu binyamakuru mu minsi ishize, ubwo yashyiraga hanze amafoto yambaye utwenda dukurura abagabo cyane.




Source:Touchrwanda.com

Ibitekerezo

  • Ndumiwe cyokora, aha niho abanyarwanda tugeze? Ubuse gushyira amafoto nkaya ku gasozi bivuga iki? Ngo ni ubusitari harya?Ndabigaye pe, kandi aba bombi nta garanti mpaye urugo rwabo.

    hahhahhaa uyumukobwa wakoraga mukabari Muri stella Vip se Nawe yabaye umustar ariko imana igiramaboko koko agira amaso mabi kub

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa