skol
fortebet

Samantha yafunzwe azira gushyamirana na murumuna we wifuzaga ko yahuza igitsina na se ku nshuro ya mbere[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 26, Jun 2019

Sponsored Ad

skol

Umukobwa witwa Samantha Kershner yafunzwe azira gushyamirana na murumuna we wifuzaga ko yahuza igitsina na se ku nshuro ya mbere.

Sponsored Ad

Umugore witwa Samantha Kershner w’imyaka 21 y’amavuko yatawe muri yombi nyuma yo kurwanira na murumuna we gukorana mibonano bwambere na se ubabyara.

Nkuko tubikesha ikinyamakuru cya Nypost cyavuze ko uyu mukobwa Samatha yatangiye kuryamana n’uyu mugabo kuva mu kwezi kw’ Ukwakira umwaka ushize aho aba bavandimwe bigeze gushyamirana bapfa yuko umwe aryamana n’uyu mugabo nkuko raporo ya Omaha World Herald yabivugaga.

Kershner ukomoka muri Grand Island bivugwa ko yahuye n’uyu mugabo Travis Fieldgrove kuri ubu ufite imyaka 40 ,mu gihe yari afite imyaka 17 y’amavuko , ngo nyuma yuko Police imenye ko baryamana bahuje isano baje gutabwa muri yombi bavanwa mu mujyi wa Hastings mu Bwongereza kugirango batazatoroka.

Police ivuga ko yafunze aba bombi kubera ko bakoze cyaha cy’ubusambanyi kandi bazi neza ko bafitanye isano ya hafi nkuko byemejwe na DNA zabo zigaragaraza ko isano yabo ingana na 99.999 . Batawe muri yombi mu mwaka wa 2018 gusa ngo baje kurekurwa mu gihe hari hagikorwa iperereza gusa ngo nyuma baje gusanga icyaha cyibahama niko gufungwa.

Ngo aba bombi bahuye mu gihe uyu mukobwa Samatha yashakaga kumenya se wamubyaye dore ko se umubyara yari yaramaze gutandukana na Nyina kubw’impamvu zitazwi.

Mu bwisobanuro bwa Samatha yavugaga ko yagerageje gukora uko ashoboye kugirango amenya se ndetse baryamane mbere kugirango murumuna we atazamutanga ngo inzozi ze zaje kuba impamo baryamana ku nshuro ya mbere mu kwezi kwa Ukwakira batangira gukundana gutyo babana nk;’umugabo n’umugore.

Police ivuga ko gukora bino yashatse kubakiza ibyago byababaho mu buzima bwabo birimo kubyara abana babana n’ubumuga , kubyara abana bafite ibindi bibazo byihariye by’ingingo ndetse n’ibindi. Gusa ngo nibamara kwemera icyaha bakoze ndetse bakagisabira imbabaza ntakabuza bazarekurwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa