skol
fortebet

Tanzania: Umusore yibye umufuka wanga kumuva ku mutwe [AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 05, May 2018

Sponsored Ad

Umusore wo mu gihugu cya Tanzania yibye umufuka w’ umucekuru agiye kuwutura wanga kumuva ku mutwe afata icyemezo cyo kwijyana kuri polisi.

Sponsored Ad

Uyu musore yitwa Frank Buhet yahawe urwamenyo nyuma yo kwivugira ko yibye uyu mufuka.

Yageze iwe aryama hasi nabyo umufuka wanga kumuvaho. Yagerageje byose abonye yanze yijyana kuri polisi yizeye ko polisi imufasha uwo mufuka ukamuvaho.

Ageze no kuri polisi nabwo uyu mufuka wanze kumuvaho gusa afite ikizere ko polisi imufasha ikamuhuza n’ uyu mukecuru nyiri umufuka.


Ibitekerezo

  • Ngiyi gihamya yuko ABADAYIMONI na SATANI babaho.Mujya mubona abantu barya inzembe ntibapfe,abafata imodoka ntizive aho ziri,etc...Ni imbaraga z’abadayimoni.Ntimukibaze impamvu ibi bishoboka.Abadayimoni bariho.Yesu ubwe akiri ku isi,yajyaga abirukana.Hanyuma avuga ko SATANI ariwe Chef w’iyi si (Yohana 12:31).Nicyo gituma mubona intambara nyishi ku isi,Abaslamu bituritsa bakica abantu,ubusambanyi bukabije,ubujura,etc...SATANI kandi akoresha cyane amadini.Urugero,kurya amafranga y’abantu kandi Yesu yaradusabye gukorera imana ku buntu (Matayo 10:8),kwivanga muli politike.Urugero,amadini y’i Burundi abwira Nkurunziza ko ari imana yamushyizeho.Ikindi abanyamadini babeshya abantu ko imana yaberetse (ubuhanuzi),etc...

    Ndabona Imana yawe nawe itangizwa na i ubanza nayo ari dayimoni

    @mazina
    Ndabona Imana yawe nawe itangizwa na i ubanza nayo ari dayimoni

    Ubanza mazina nawe ukorera satanic nigute wakwandi satanic munyuguti nkuru ukandika IMANA munyuguti ntoya?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa