skol
fortebet

Taylor Swift yatengushywe n’ikanzu yari yambaye mu birori bya 2018 Billboard music awards [AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 21, May 2018

Sponsored Ad

Umuhanzikazi Taylor Swift uzwi cyane muri USA,yatengushywe n’ikanzu yari yambaye mu muhango wo gutanga ibihembo bya 2018 Billboard Music Awards wabaye ku munsi w’ejo, benshi babona ubwambure bwe.

Sponsored Ad

Uyu muhanzi yahuye n’uruva gusenya,ubwo yahamagarwaga ko ariwe watsindiye igihembo cy’umuhanzi mwiza mu bagore,ari kurira ingazi zo ku rubyiniro ikanzu yari yambaye yari isatuye ku buryo bukabije,iramutamaza bamwe mu bantu bari hafi babona ubwambure bwe.

Ibi birori byabereye mu nzu ikomeye ya MGM Grand Garden Arena yo mu mugi wa Las Vegas,byarangiye abahanzi barimo Ed Sheeran bahacanye umucyo kuko begukanye ibihembo 6.





Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa