Udushya
Taylor Swift yatengushywe n’ikanzu yari yambaye mu birori bya 2018 Billboard music awards [AMAFOTO]
Yanditswe: Monday 21, May 2018
Umuhanzikazi Taylor Swift uzwi cyane muri USA,yatengushywe n’ikanzu yari yambaye mu muhango wo gutanga ibihembo bya 2018 Billboard Music Awards wabaye ku munsi w’ejo, benshi babona ubwambure bwe.
Uyu muhanzi yahuye n’uruva gusenya,ubwo yahamagarwaga ko ariwe watsindiye igihembo cy’umuhanzi mwiza mu bagore,ari kurira ingazi zo ku rubyiniro ikanzu yari yambaye yari isatuye ku buryo bukabije,iramutamaza bamwe mu bantu bari hafi babona ubwambure bwe.
Ibi birori byabereye mu nzu ikomeye ya MGM Grand Garden Arena yo mu mugi wa Las Vegas,byarangiye abahanzi barimo Ed Sheeran bahacanye umucyo kuko begukanye ibihembo 6.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *