skol
fortebet

Ubuhamya bw’umugore utuye kicukiro wabyaranye na Se, umwana we nawe akabyarana n’umugabo bashakanye

Yanditswe: Tuesday 04, Jul 2017

Sponsored Ad

skol

Mu buhamya bw’umugore utuye mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali,atanga avuga ko yabyaranye na Se ubwo yari afite imyaka 18 y’amavuko kuko yari afite akamenyero ko kuryamana na we.
Nk’uko abyivugira ngo Se yataga umugore we mu cyumba maze akamusanga aho aryamye bakaryamana ku buryo ari ho yaje no kumutera inda.
Yagize ati “Yajyaga ava mu nzu ye nijoro akaza mu cyumba cyanjye akambwira ati ‘ndashaka ko umpa serivisi’.”
Uyu mugore yemeje ko atangira kubimubwira yabihakanye aza kubyemera ku (...)

Sponsored Ad

Mu buhamya bw’umugore utuye mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali,atanga avuga ko yabyaranye na Se ubwo yari afite imyaka 18 y’amavuko kuko yari afite akamenyero ko kuryamana na we.

Nk’uko abyivugira ngo Se yataga umugore we mu cyumba maze akamusanga aho aryamye bakaryamana ku buryo ari ho yaje no kumutera inda.

Yagize ati “Yajyaga ava mu nzu ye nijoro akaza mu cyumba cyanjye akambwira ati ‘ndashaka ko umpa serivisi’.”

Uyu mugore yemeje ko atangira kubimubwira yabihakanye aza kubyemera ku nshuro ya kane bitewe n’inkoni se yamukubitaga amuhimbira amakosa.

Nyuma yo kujya aryamana na Se yaje kumutera inda, we n’umugore we baramuhemba ndetse igihe cyo kwita umwana izina bamukoreshereza umunsi mukuru.

Ingeso ya se yanze gupfa maze akomeza gushakira serivisi ku mukobwa we, na we abonye ashobewe ahitamo gushaka umugabo bahita bajya muri Uganda.

Yagize ati “Maze kubyara umwana wa mbere, naramubwiye nti ‘papa,ntabwo ngomba kongera kubyara undi kuko uri umunbyeyi wanjye ahubwo wazashaka undi muntu wumva mwabyarana cyangwa se mugakomeza kubyarana na mama, ni uburenganzira bwawe ariko njye ntibishoboka.”

Ingorane yahuye na zo muri Uganda

Nk’uko uyu mugore akomeza abivuga, bamaze kugera muri Uganda yaje kubyarana n’uwo mugabo abandi bana batatu biyongera kuri uwo yari yarabyaranye na Se.

Gusa ngo icyamubabaje ni uko uwo mugabo we na we yaje kubyarana n’uwo mukobwa we afite imyaka 13, kuri ubu umwuzukuru we akaba amaze kuzuza imyaka ine.

Yagize ati “Naratunguwe cyane aho avuga ati ’umukobwa wawe naramureze arakura kandi wamubyaranye na So nanjye ngomba kumubyaraho umwana.’”

Muri ubu buhamya avuga ko inkiko zo muri Uganda zahamije uwo mugabo icyaha cyo guhohotera umwana zimukatiye igifungo cy’imyaka 80 ku buryo umuzima bwahise butangira kumugora, agaruka kwibera kwa Se uretse ko yanze kumufasha.

Uyu mugore yaba ari mu buzukuruje bakiri bato kuko ku myaka 31 gusa yari afite umwuzukuru.

Ibitekerezo

  • Nakamaramaza,jew ubwaanwa bwapfutse umunwa

    iyi nkuru yarambutse inshuro nyinshi gusa bishoboka ko uyu mukubwa uwo yita papa we atariwe buriya nyina niwe uzi se wu mukobwa we niyo mpamvu yakagobye gukoresha ADN akamenya neza niba koko ariwo mugabo cyangwa niba nyina ataramusambanye hanze ibi nabyo bishobora gutuma abagabo banwe bokamwe ningeso guhohotera abo barera nubwo bitavuzeko niyo umwana yaba atari uwawe umuhohotera bene ako kageni

    abagore baba bafite ibanga rikomeye.nibo bamenya base babana nyine nubwo uyumukobwa yidunda ngoyabyariwe nase wapi nyina yamuvanye ahandi

    Munyobore ndashaka gukoresha ADN hari umugore wirirwa avuga ngo namuteye inda none ndashaka kumenya ukuri.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa