skol
fortebet

Ubutaliyani: hakozwe ibipupe bizajya byifashishwa n’abagabo n’abagore bifuza akabariro [AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 04, Sep 2018

Sponsored Ad

skol

Mu Butaliyani hakozwe ibipupe byo gukoresha imibonano mpuzabitsina aho ugishaka yishyura amayero hagati ya 72 na 80 mu gihe kingana niminota 30.

Sponsored Ad

Ibi bipupe byakozwe biri mu moko abiri atandukanye ibizajya bikenerwa n’abagore ndetse n’ibizajya bikenerwa n’abagabo bivuzeko hari iby’igitsina gore ndetse n’igitsina gabo.

Abagore bifuza kugura ibi bipupe ngo bashobora guhitamo kimwe mu bikunzwe nabenshi muri iyi minsi kitwa Alessandro kuko ngo cyakoranwe igitsina gipima hagati ya cm 15 na 18 z’uburebure kikaba kugura amayero hagati 1800 na 2000 mu gihe kingana n’amasaha abiri.

Kamasutra, umwe mubahagarariye inyungu z’ibibipupe yavuzeko hari ibyumba byateguwe ndetse bifite burikimwe cya kenerwa n’umukiriya harimo Televiziyo,Inerineti,telephone,ubwogero,ndetse n’ubwiherero ushobora gukoresha mu gihe cyose uri bumarane n’igipupe cyawe mwishimisha.

Kamasutra yakomeje avuga ko bafite abakiriya benshi kandi baturuka mu bihugu bitandukanye aho benshi baba baramaze gufata amasaha yabo bazakenera ibipupe byacu abenshi bakunda gufata amasaha y’ijoro.

Yagize ati”Dufite abakiriya benshi abenshi bamaze gufata amasaha baturuka mu mujyi wa Venice gusa abenshi bafashe amasaha ya n’ijoro”

Iri koranabuhanga ryo gukoresha ibipupe mu mibonano mpuzabitsina ryatangiwe n’ikompanyi y’abanyesipanye (Spanish) ifite ikicaro mu mugi wa Moscow ho muburusiya ndetse na Barcelna, ubu buryo kandi bwamamaye cyane mu gikombe cy’isi giheruka kubera mu gihugu cy’uburusiya.

REBA AMAFOTO:


Ibitekerezo

  • iherezo ryabyose riraje nyine

    ahhhaaa

    Isi ibyayo byararangiye erega! Umuntu ateshejwe agaciro n undi muntu bakoreshejwe na Satani. Mbega ibihe bibi tugezemo!

    Nta gushidikanya,ibi birajyana isi ku Imperuka.Nubwo benshi batabyemera kubera ko batemera ubuhanuzi bwa Bible.Bajye bamenya ko no ku gihe cya Nowa,niko abantu bali bameze.NOWA yarababwirije banga kumva,kugeza igihe Umwuzure (Deluge) waje ukica abantu bose bali batuye isi.Harokotse abantu 8 gusa bumviraga imana.Ni Yesu ubwe wabivuze muli Matayo 24:37-39.Abantu benshi batemera Bible,iyo bitegereje ibibera mu isi bitabagaho mbere,bahamya ko Imperuka iri hafi.Niyo mpamvu tugomba gushaka imana cyane,kugirango tuzarokoke kuli uwo munsi wegereje.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa