skol
fortebet

Ubwato burebure cyane kurusha ubundi bwose ku isi bugiye kuzenguruka imigabane itandukanye y’isi [AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 31, Aug 2019

Sponsored Ad

Ubwato bwa burebure cyane ku isi bwa Viking Sunbwamaze kumurikwa ndetse bugiye kuzenguruka isi yose aho buzanyura mu migabane 6 y’isi guhera kuri iki cyumweru taliki ya 01 Nzeri 2019.

Sponsored Ad

Ubu bwato buzanyura mu bihugu 51,bugere ku byambu 111 ndetse bugende iminsi 245 yose buturutse mu mujyi wa London.

Ubu bwato burebure kurusha ubundi bwose ku isi buzagenda ibirometero 10,3156.4 aho buzatwara abagenzi 930.itike yo kubugendamo izaba igura ibihumbi 66,900 by’amapawundi.

Ubu bwato nibugaruka I London muri Gicurasi 2020 buzaba buciye agahigo ko kuba ubwato buzaba bukoze urugendo rurerure kurusha ubundi.

Ubu bwato bwa Viking Sun buzaca mu mijyi itandukanye nka Dover, Dublin, Liverpool, Holyhead, Belfast Edinburgh,bufashe abagenzi gusura ibihugu bya Scandinavia, ibirwa bya Caribbean,ibihugu byo muri America y’amajyepfo,Australia no muri Asia n’uburayi.






Ibitekerezo

  • Iyi nkuru nta professionalisme irimo. Birutwa no kutayitangaza rwose. Kandi mujye mwemera tubanenge n’ibyo tubanenze mubireke bisohoke mwe "kubinyonga"
    Muvuga mute ngo ubwato burebure busumba ubundi mudatanze uburebure bwabwo ubwo muba mushaka kuvuga iki? Ubu se mutanze ayahe makuru? Ko urugendo ruhenze? Si wo mutwe w’inkuru.

    Iyi nkuru nta professionalisme irimo. Birutwa no kutayitangaza rwose. Kandi mujye mwemera tubanenge n’ibyo tubanenze mubireke bisohoke mwe "kubinyonga"
    Muvuga mute ngo ubwato burebure busumba ubundi mudatanze uburebure bwabwo ubwo muba mushaka kuvuga iki? Ubu se mutanze ayahe makuru? Ko urugendo ruhenze? Si wo mutwe w’inkuru.

    Iyi nkuru nta professionalisme irimo. Birutwa no kutayitangaza rwose. Kandi mujye mwemera tubanenge n’ibyo tubanenze mubireke bisohoke mwe "kubinyonga"
    Muvuga mute ngo ubwato burebure busumba ubundi mudatanze uburebure bwabwo ubwo muba mushaka kuvuga iki? Ubu se mutanze ayahe makuru? Ko urugendo ruhenze? Si wo mutwe w’inkuru.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa