skol
fortebet

Uganda: Inkubiri yo gushyira hanze amafoto y’abakobwa b’ibyamamare bambaye ubusa yahinduye isura

Yanditswe: Wednesday 05, Jun 2019

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Uganda hatangiye inkubiri yari imaze iminsi mu Rwanda yo gushyira hanze amafoto y’abakobwa b’ibyamamare batandukanye yahereye k’uwitwa Martha Kagimba uzwi nka Martha Kay.

Sponsored Ad

Ikinyamakuru cy’imyidagaduro muri Uganda cyitwa Howwebiz cyatangaje urutonde rw’ abandi bakobwa bagiye gutamazwa nyuma ya Martha Kagimba uzwi nka Martha Kay uherutse gushyirwa hanze yambaye ubusa buri buri ndetse kuri ubu ari gukurikiranwa na polisi.

Mu byamamarekazi bigiye gushyirwa hanze havuzwemo Sheila Gashumba usanzwe uzwi cyane mu itangazamakuru muri iki gihugu, Umunyamakuru wa NTV Tina Teise, uwitwa Jenny Nasasira wamenyekanye mu itangazamakuru, Boss Chic Alicia we ngo ushobora kubyikorera kubera ko akunda kuvugwa mu binyamakuru, uwitwa Alicia Nassuna n’umuvandimwe we Clique.

Nkuko iki kinyamakuru cyabivuze,ngo aba bakobwa bagiye bifotoza amafoto bambaye ubusa bakayaha abakunzi babo nyuma y’igihe bagatandukana none ngo aba basore biyemeje kubashyira ku karubanda.

Mu minsi ishize iyi nkubiri yavuzaga ubuhuha ku bakinnyi ba ruhago mu Rwanda aho abarimo Kimenyi Yves na Muhire Kevin bashyizwe hanze bambaye ubusa buri buri mu ma videos yatigishije imbuga nkoranyambaga.

Muri Uganda abakobwa b’ibyamamare bakunze kwifotoza bambaye ubusa aho mu minsi ishize uwitwa Judith Heard na Desire Luzinda bashyize hanze amafoto bambaye ubusa.




Nyuma ya Martha,Umunyamakuru Sheila Gashumba nawe agiye gushyirwa ku karubanda yambaye ubusa buri buri

Ibitekerezo

  • ohooo[ =%=] ko mubinyereka mutari bubimpe nswereko nanj erega muratwica

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa