skol
fortebet

Umucuruzi w’ibiyobyabwenge yihururije inzego z’umutekano ngo zimute muri yombi

Yanditswe: Friday 21, Jul 2017

Sponsored Ad

Muri Leta ya Florida imwe muri Leta zigize Leta zunze ubumwe z’Amerika, umucuruzi w’ibiyobyabwenge, David Blackmon, ubu ari mu maboko ya polisi, nyuma y’uko ahamagaye polisi ayibwira ko ikigega cye cya Cocaine cyibwe mu buryo butemewe n’amategeko.
Ikinyamakuru independent.co.uk dukesha iyi nkuru kivuga ko David Blackmon w’imyaka 35, mu masaha ya saa munani z’amanwa kuri uyu wa Kane aribwo yamahagaye abapolisi, ubwo yari amaze kwibwa amafaranga menshi yari mu mudoka ye yariparitse, akaza (...)

Sponsored Ad

Muri Leta ya Florida imwe muri Leta zigize Leta zunze ubumwe z’Amerika, umucuruzi w’ibiyobyabwenge, David Blackmon, ubu ari mu maboko ya polisi, nyuma y’uko ahamagaye polisi ayibwira ko ikigega cye cya Cocaine cyibwe mu buryo butemewe n’amategeko.

Ikinyamakuru independent.co.uk dukesha iyi nkuru kivuga ko David Blackmon w’imyaka 35, mu masaha ya saa munani z’amanwa kuri uyu wa Kane aribwo yamahagaye abapolisi, ubwo yari amaze kwibwa amafaranga menshi yari mu mudoka ye yariparitse, akaza kubabwira ko atibwe amafaranga gusa ahubwo yanatwawe kimwe cya kane cya Cocaine yaratunze.

Yatangarije izi nzego z’umutekano ko yemera ko mari umucuruzi w’ibibyabwenge byo mu bwoko bwa cocaine, kandi ubwo inzego z’umutekano zasakaga imodoka ye zaje gusangamo n’akandi gafuka ka Cocaine. Blackmon, ubu akaba ategereje kwitaba urukiko.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa