skol
fortebet

Umugabo w’imyaka 40 yafashwe ari gusambanya ingurube yari imaze amezi 2 ivutse

Yanditswe: Wednesday 14, Aug 2019

Sponsored Ad

Umugabo witwa Albert Ara w’imyaka 40 ukomoka mu gihugu cya Belize yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa na se ari gusambanya icyana cy’ingurube cyari kimaze amezi 2 gusa kivutse.

Sponsored Ad

Uyu mugabo yinjiye muri kibuti cy’ingurube niko gufata iki kibwana cyayo cyari kimaze iminsi 60 gusa kivutse atangira kugisambanya.

Ubwo cyavuzaga induru se w’uyu mugabo witwa Miguel yahise aza gutabara,uyu Ara ahita asimbuka uruzitiro arahunga.Uyu musaza yagize umujinya mwinshi ubwo yasangaga iki kibwana cy’ingurube kiri kuvirirana niko guhita ahitira ku biro bya polisi kurega.

Miguel w’imyaka 81 yavuze ko atari ubwa mbere afashe uyu muhungu we ari gusambanya inyamaswa mu cyaro batuyemo cya Ontario muri Belize.

Miguel yahise ajya kumurega kuri polisi agira ibyago kuko n’abaturanyi be bose bahise bamushinja ko akunda gusambanya inkoko n’imbwa.

Kubera ibi bikorwa by’urukozasoni uyu mugabo akorera inyamaswa,abaturage bamwise Diablo bisobanura sekibi (The Devil).

Uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’igihe yari amaze yihishe ndetse ngo si ubwa mbere akoze ibyaha kuko mu mwaka wa 2006 yashinjwe kwica umuryango w’abantu 6,abatwikiye mu nzu.


Iki nicyo kibwana cy’ingurube Ara yafashwe ari gusambanya

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa