skol
fortebet

Umugabo yagaragaye ari gusambanyiriza igipupe ku muhanda yambaye ubusa buri buri [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 27, Sep 2018

Sponsored Ad

Umugabo utamenyekanye amazina ukomoka mu Bwongereza, yatunguye benshi ubwo yajyaga ku muhanda nyabagendwa yambaye ubusa ubusa buri buri ari gusambanya igipupe cyifashishwa mu gukora imibonano mpuzabitsina.

Sponsored Ad

Ababonye uyu mugabo ari gusambanya iki gipupe ku manywa y’ihanga ari ku muhanda nyabagendwa,bahise bahamagara polisi bayimenyesha amahano ari gukora ndetse babasaba kumuta muri yombi.

Amashusho y’uyu mugabo ari gusambanya iki gipupe, yiriwe acaracara ku mbuga nkoranyambaga ku munsi w’ejo aho benshi banenze iyi myitwarire idasanzwe y’uyu mugabo.

Uyu mugabo yasambaniye n’iki gipupe yambaye ubusa mu muhanda munini werekeza mu mujyi wa Northampton mu Bwongereza.

Polisi yo muri uyu mujyi yavuze ko abantu bayihamagaye bayibwira ko hari umugabo uri gukorera ibikorwa by’urukozasoni ku muhanda,bahageze baramubura kuko yamaze umwanya muto akora aya mahano,ahita ahunga.


Ibitekerezo

  • Erega nubwo abantu banga kubyemera,turi mu minsi y’imperuka nkuko Bible ivuga.Aho gushaka imana kugirango bazarokoke umunsi w’imperuka,abantu bahugiye mu gushaka ubukire,ibinezeza,etc...Ibyerekeye imana n’ubuhanuzi bwa Bible,ntacyo bibabwiye.Turababwiriza,ariko wapi.Bimeze neza nko ku gihe cya NOWA.Yarababwirije banga kumva,kugeza igihe umwuzure wazaga ukica abantu bose bali batuye isi.Ni YESU ubwe wabivuze muli Matayo 24:37-39.Harokotse abantu 8 gusa bitaga ku byerekeye imana.Abantu bumvira imana kandi bakayishaka,nibo bonyine bazarokoka ku munsi w’imperuka wegereje nkuko Imigani 2:21,22 havuga.Kuki abantu banga kumva ubuhanuzi?Kuki bavuga ko bakunda imana ariko bagapinga Bible???Ntabwo mubona ko iminsi yagiye?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa