skol
fortebet

Umugabo yakuwemo amenyo nyuma y’uko yangijwe n’isukari na Yawurute

Yanditswe: Tuesday 23, Jan 2018

Sponsored Ad

Michael Sheridan w’imyaka 32 y’amavuko yemera ko yabaye ho mu buzima butunzwe n’ibyo kurya bigizwe n’imyunyu ngugu ndetse agakunda cyane ibiribwa bigizwe n’isukari gusa, kuri ubu amenyo ye akaba yarangiritse kuburyo yavanwemo.
Avuga ko aho amaze kumenyera ubwenge yatangiye kujya anywa litiro 6 ku munsi z’ibinyobwa byongewemo imyunyu ngugu n’amasukari akumva arabikunze ariko atazi ko ari guhemukira amenyo ye.
Ngo yari atunzwe na yawurute n’ibindi binyobwa byongewemo imyunyu ngungu (...)

Sponsored Ad

Michael Sheridan w’imyaka 32 y’amavuko yemera ko yabaye ho mu buzima butunzwe n’ibyo kurya bigizwe n’imyunyu ngugu ndetse agakunda cyane ibiribwa bigizwe n’isukari gusa, kuri ubu amenyo ye akaba yarangiritse kuburyo yavanwemo.

Avuga ko aho amaze kumenyera ubwenge yatangiye kujya anywa litiro 6 ku munsi z’ibinyobwa byongewemo imyunyu ngugu n’amasukari akumva arabikunze ariko atazi ko ari guhemukira amenyo ye.

Ngo yari atunzwe na yawurute n’ibindi binyobwa byongewemo imyunyu ngungu n’amasukari.Amenyo ye kubera kwangirika yamaze gukurwamo ashyirwamo andi y’amakorano kugirango ajye abasha kugira icyo afata.

Uyu mugabo yari asanzwe ameze ntakibazo cy’amenyo afite

Avuga ko kwimenyereza kurya ibyo biribwa birimo amasukari menshi n’imyunyu byatumye agira uburibwe bukabije mu menyo kugeza ubwo yajyanwaga kubaganga binzobere ku menyo bakamufasha.Umwe mu baganga bavura amenyo wari inshuti ya Michael niwe wamugiriye inama ubundi ayo menyo ayakuzamo bikaba byaramutwaye amayero 50,000.

Yagiriwe inama n’umuganga ariko aranga akomeza kwirira Yawurute

Ahamya ko mu buzima bwe yishakiraga ibiryo by’amasupu ubundi agasomeza Sanduwici ari nabyo byatumye ahura n’ubwo bubare, ati “Nanywaga ibyo binyobwa ,nkanywa litiro 6 iminsi myinshi aho nabaga ndi hose kandi nabaga mbifite muntoki “
Avuga kandi ati “Ndabizi ko nagiye kubaganga bamenyo bakansaba kubihagarika ariko kuva mbere si nigeze mbyemera “,.N’ubwo bimeze gutyo uyu mugabo yababajwe n’uko amenyo ye agomba kuvamo kandi adafite n’amafaranga yokwishyura.

Umudogitei mu bijyanye n’amenyo witwa David Murnaghan bari barahuye amubwira ububi bw’ibyo biribwa bigizwe n’amasukari amusaba ko yabireka kugirango agire ubuzima bwiza ariko undi arabyanga.

Amenyo ye ntiyari akibasha guhekenya yemwe na sanduwici ntiyari agishoboye kuyiruma, asigaye ahora abumbye umunwa ahishe amenyo ye nta n’abantu akivugisha iyo arikumwe n’inshuti ze yicara inyuma abitaje .

Ari kumwe n’umufasha we witwa Linda yakunze kubura apetit bitewe n’ipfumwe yaterwaga no kuba amenyo ye yarakuwemo.Mu gukuzamo amenyo yabifashijwe na Dr David wamushakiye amafaranga ariko ngo nabwo arasabwa guhura n’abashinzwe imboneza mirire.
REBA AMAFOTO:





Ibitekerezo

  • Hi there, I discovered your website by way of Google while looking for a comparable subject, your website got here up,
    it appears to be like good. I have bookmarked it in my
    google bookmarks.
    Hi there, just became alert to your blog via Google, and found that it’s really informative.
    I am going to watch out for brussels. I will appreciate if
    you happen to proceed this in future. Lots of other
    people shall be benefited out of your writing. Cheers!

    Here is my site: http://vaytiennhanh.hatenablog.com (taichinhaz.blogspot.com)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa