skol
fortebet

Umugabo yameze igitsina cy’umugore nyuma yo gufatwa ari gusambanya umugore w’abandi

Yanditswe: Wednesday 27, Jun 2018

Sponsored Ad

Umugabo ukomoka muri Kenya ari mu buribwe bukomeye cyane kubera kumera igitsina cy’umugore kigasimbura ubugabo bwe azira gusambana n’umugore w’abandi.

Sponsored Ad

Uyu mugabo ukomoka ahitwa Tana River County muri Kenya amaze icyumweru cyose afite igitsina cy’umugore ndetse ari mu buribwe bukomeye nyuma yo gusambanya umugore w’abandi,umugabo we akamurogesha.

Uyu mugabo wasambanyirijwe umugore uzwi nka Joseph, yabwiye uyu mugabo wamusambanyirije umugore ko yamureka nawe akaryamana n’umugore we bikaba kimwe kuri kimwe arabyanga arangije ajya kumurogesha kugira ngo amwishyure,amera igitsina cy’umugore.

Bitangira uyu mugabo yumvise ibintu bimeze nk’amazi biva mu gitsina cye ntiyabyitaho yigira mu kazi akavuyemo agiye koga asanga yameze igitsina cy’umugore ndetse atangira kubabara.

Uyu mugabo yagiye gusaba imbabazi uyu mugabo yasmbanyirije umugore nyuma yo kumera iki gitsina,kuko yari mu buribwe bwinshi,ava amaraso cyane ndetse yemeye no gutanga umugore we nawe bakamusambanya ariko uyu Joseph wamusambanyije amusaba kwishyura ibihumbi 300 by’amashilingi ya Kenya ngo amuvuze,gusa uyu mugabo yarayabuze aracyari mu buribwe bukomeye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa