skol
fortebet

Umugabo yararanye n’umugore muri hoteli nyuma aza kumurasa mu gitsina

Yanditswe: Sunday 06, Aug 2017

Sponsored Ad

skol

Umugabo w’Umwongereza witwa David Jeffers ku myaka 47 y’amavuko agiye kumara imyaka 10 mu gihome nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kurasa mu gitsina cy’umugore bari bararabye muri Hoteli bari kwishimisha.
Iki cyaha cyahamye uyu mugabo ngo yagikoze tariki ya 30 Mutarama 2017 muri HoThe Britannia Hotel iherereye muri Offerton, Stockport muri Greater Manchester ubwo uyu mugabo yari kumwe n’uyu mugore w’imyaka 47.
Uyu mugabo iki cyaha akaba yacyemeye avuga ko kuri iriya tariki yari afite imbunda afite (...)

Sponsored Ad

Umugabo w’Umwongereza witwa David Jeffers ku myaka 47 y’amavuko agiye kumara imyaka 10 mu gihome nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kurasa mu gitsina cy’umugore bari bararabye muri Hoteli bari kwishimisha.

Iki cyaha cyahamye uyu mugabo ngo yagikoze tariki ya 30 Mutarama 2017 muri HoThe Britannia Hotel iherereye muri Offerton, Stockport muri Greater Manchester ubwo uyu mugabo yari kumwe n’uyu mugore w’imyaka 47.

Uyu mugabo iki cyaha akaba yacyemeye avuga ko kuri iriya tariki yari afite imbunda afite umugambi wo guhungabanya ubuzima bw’umuntu.

Ngo mbere y’uko aba bombi binjira mu gikorwa cyo kwishimisha bakoze babanje kunywa ku kiyobyabwenge cya Cocaine nyuma Jaffer aza kurasa uwo bari bari gukorana imibonano mpuzabitsina nk’uko ikinyamakuru The Mirrow kibivuga.

Uyu mugabo akaba yakatiwe imyaka 10 kubera guhohotera umugore bari bararaye nyuma yo kumunywesha ibiyobyabwenge.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa