skol
fortebet

Umugabo yatawe muri yombi azira gusambanya imbwa y’umukunzi we

Yanditswe: Wednesday 10, Apr 2019

Sponsored Ad

Umugabo witwa Fidel Lopez w’imyaka 52,yakatiwe gufungwa iminsi 60 azira gusambanya imbwa y’umukunzi we witwa Lhasa Apso mix,akayitera ibikomere byayiviriyemo uburwayi bukomeye.

Sponsored Ad

Uyu Lopez ukomoka mu gace ka Oregon muri US,yakatiwe igifungo cy’amezi 2 n’urukiko nyuma yo gufatwa n’umukunzi we ari gusambanya imbwa ye bikaza kuyiviramo uburwayi nyuma y’aho.

Uyu mugabo yasambanyije iyi mbwa mu Ugushyingo umwaka ushize ubwo yari aryamanye nayo mu buriri,arayangiza cyane byatumye itangira kujya yihisha abantu munsi y’intebe kubera ihungabana yatewe na Lopez.

Nyiri iyi mbwa Lhasa Apso, yabonye iri kuva amaraso mu bice byayo by’inyuma,ahita ayijyana kwa muganga bamubwira ko ishobora kuba yahohotewe.

Uyu mugore yahise ajya kurega uyu mukunzi we ko yahohoteye imbwa ye ndetse ko yajyaga akunda kumuganiriza ku bantu bafashwe basambanya imbwa mbere y’uko ayisambanya.

Abaganga bafashe ibizamini uyu mugabo baza gusanga koko DNA ze zihuye n’izo basanze muri iyi mbwa niko guhita bamushyikiriza inzego zishinzwe umutekano.

Ikinyamakuru Oregon Live cyatangaje ko Lopez yabwiye abapolisi ko yasambanyije iyi mbwa ubwo yari aryamye hamwe nayo mu buriri,nyuma y’aho yari amaze gushwana na nyirayo bakundanaga.

Kuwa mbere w’iki cyumweru, Lopez wari usanzwe acuruza muri restaurant ikora amandazi,yakatiwe igifungo cyo guhabwa akato imyaka 3 ndetse n’amezi 2 muri gereza.



Lopez yafunzwe azira gusambanya imbwa

Ibitekerezo

  • Uretse no ku bantu,gusambanya inyamaswa ni ICYAHA mu maso y’Imana.Ijambo Bible ikoresha mu busambanyi,ni Porneia mu Kigereki.Bifatanya ubusambanyi busanzwe,homosexuality,gukorakora igitsina cy’undi muntu,lesbianism,pedophilia,gusambanya inyamaswa (bestiality),etc...
    Muli 1 Abakorinto 6:9,10,havuga ko abakora ibyo byose batazaba mu Bwami bw’Imana.Abakristu nyakuri,nubwo ari bake nkuko Yesu yabyerekanye muli Matayo 7:13,14,birinda gukora ibyo Imana itubuza.Bazahembwa kuzuka ku Munsi wa nyuma,bahabwe ubuzima bw’iteka muli paradizo nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6:40.It is a matter of time.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa