skol
fortebet

Umugabo yavuze uko kuryamana n’igipupe byatabaye urugo rwe rwari rugiye gusenyuka bitangaza benshi

Yanditswe: Tuesday 10, Apr 2018

Sponsored Ad

Umugabo ukora ibipupe byifashishwa mu gukora imibonano mpuzabitsina witwa Dr Sergi Santos ukomoka muri Espagne, yatangaje ko ibi bipupe byatabaye urugo rwe rwari rugiye gusenyuka kuko yabyitabazaga iyo umugore we yangaga ko batera akabariro. Dr Santos n’igipupe yikoreye kimufasha gukora imibonano mpuzabitsina iyo umugore we adahari
Uyu mugabo yavuze ko inshuro nyinshi yajyaga ashwana na madamu we Maritsa Kissamitaki bapfa ko yanze ko baryamana ariko kuri ubu byagiye nka nyomberi ahubwo (...)

Sponsored Ad

Umugabo ukora ibipupe byifashishwa mu gukora imibonano mpuzabitsina witwa Dr Sergi Santos ukomoka muri Espagne, yatangaje ko ibi bipupe byatabaye urugo rwe rwari rugiye gusenyuka kuko yabyitabazaga iyo umugore we yangaga ko batera akabariro.

Dr Santos n’igipupe yikoreye kimufasha gukora imibonano mpuzabitsina iyo umugore we adahari

Uyu mugabo yavuze ko inshuro nyinshi yajyaga ashwana na madamu we Maritsa Kissamitaki bapfa ko yanze ko baryamana ariko kuri ubu byagiye nka nyomberi ahubwo ahita yegera iki gipupe yikoreye kikamumara agahinda.

Uyu Santos avuga ko amaze imyaka 16 abana n’umugore we, gusa bitari gushoboka iyo igipupe yaremye akacyita Samantha kitahaba ngo kijye kimugoboka mu gihe madamu nta bushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina afite.

Dr Santos yagiriye abagabo benshi inama yo kugana ibi bipupe bifasha gukora imibonano mpuzabitsina,aho kwirirwa bashwana n’abagore babo bapfuye ko babangiye.

Nubwo uyu mugabo yavuze ko yakoranye imibonano mpuzabitsina n’iki gipupe ndetse na madamu we akemeza ko nta kibazo yabigizemo,yatangarije abanyamakuru ko umugore we yisunze igipupe cy’ikigabo yahita asaba ko batandukana.

Ibi bipupe byihagazeho ndetse no kurusha inkwano wagatanze ku mugore, kuko icya make kigura ibihumbi 2 by’amapawundi asaga miliyoni 2 z’amanyarwanda mu gihe igihenze kigura ibihumbi 5 by’amapawundi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa