Umugore n’umugabo basambaniye mu modoka bari mu muhanda rusange
Yanditswe: Sunday 22, Apr 2018
Umugabo n’umugore batangaje benshi ubwo basambaniraga mu modoka bari mu muhanda rusange ugendwa na benshi, bafatwa amashusho n’abagenzi.
Aya mashusho yafashwe n’umugenzi wari muri uyu muhanda w’ahitwa Hukou mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu cya Taiwan ayakwirakwiza hose.
Basambaniye mu muhanda nyabagendwa
Uyu muntu utamenyekanye yashyize aya mafoto ku mbuga nkoranyambaga,maze abarenga 1,300 bayasangiza bagenzi babo.
Muri iyi video,uyu mugabo n’umugore bagaragaye bari gusambanira mu modoka ya Ford mu mwanya w’imbere wicarwamo n’umushoferi.
Aba bombi bakomeje gukora aya mahano ndetse bakerereza abagenzi bababonaga byatumye batangira kubafata amashusho.
Benshi mu babonye aya mashusho banenze cyane ukuntu aba bantu basambaniraga mu muhanda ucamo imodoka nyinshi kandi bishobora guteza impanuka.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *