skol
fortebet

Umugore nyuma yo gufata umugabo we areba amafoto y’abakobwa bambaye ubusa kuri internet nawe yamuhanishije kwifotora amabere yambaye ubusa maze ayashyira hanze(AMAFOTO)

Yanditswe: Saturday 15, Jul 2017

Sponsored Ad

skol

Umugore w’imyaka 40 akaba atwite, nyuma yo gufata umugabo we ufite imyaka 44 areba amafoto y’abakobwa bambaye ubusa kuri interineti, yamuhanishije kwifotora amabere ye na we yambaye ubusa maze ayashyira ku rubuga umugabo we yarimo gusura ubwo yamufataga.
Uyu mugore ufite imyaka 40 yafashe umugabo we ari ahiherereye arimo kwitegereza amafoto y’abakobwa bambaye ubusa kuri Interineti. Uyu mugore n’umujinya mwinshi yiyemeje guhana umugabo we maze afata telefoni ye akuramo utwenda twose two hejuru (...)

Sponsored Ad

Umugore w’imyaka 40 akaba atwite, nyuma yo gufata umugabo we ufite imyaka 44 areba amafoto y’abakobwa bambaye ubusa kuri interineti, yamuhanishije kwifotora amabere ye na we yambaye ubusa maze ayashyira ku rubuga umugabo we yarimo gusura ubwo yamufataga.

Uyu mugore ufite imyaka 40 yafashe umugabo we ari ahiherereye arimo kwitegereza amafoto y’abakobwa bambaye ubusa kuri Interineti. Uyu mugore n’umujinya mwinshi yiyemeje guhana umugabo we maze afata telefoni ye akuramo utwenda twose two hejuru maze afotora amabereye ye uko yakabaye ubundi amafoto ayashyira kuri rwa rubuga ndetse no ku rupapuro rumwe n’urwo umugabo we yasuraga ubwo yamufataga.

Akimara kuyashyiraho abantu barenga 12 bahise bayatangaho ibitekerezo bemeza ko ari umuhanga ndetse ko yakoze igikorwa cy’ubwenge gusa bacye muri bo bavuga ko igikorwa yakoze kerekana ko atarakura mu mutwe.

Uyu ni we mugore washyize amabere ye ku karubanda kugira ngo yihimure ku mugabo nyuma yo kumufata areba amafoto y’abandi bakobwa n’abagore bambaye ubusa kuri Interineti

Gushyira iyi foto kuri interineti k’uyu mugore ngo byatumye umugabo we amera nk’umusazi ndetse arakarira umugore we cyane. Gusa bamwe mu batanze ibitekerezo bagaye cyane uyu mugabo bibaza impamvu yishimira kureba abagore n’abakobwa b’ababandi bambaye ubusa ariko akaba atifuza ko abe nabo hari uwabareba maze bavuga ko ari ukwikunda ndetse ko abagabo bakwiye kureka iyo ngeso.

Uyu mugore nyuma yo kubona ibyabaye ku mugabo we ndetse n’ibyo abantu bavuga yavuze ko adatekereza ko yakoze ibintu bibi kurenza ibyo umugabo we yakoze yarangiza akanagerekaho kumubeshya.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa