skol
fortebet

Umugore ubyibushye kurusha abandi ku isi arifuza kuzatuza ibiro afite bimaze kugabanuka kugera kuri 95(AMAFOTO)

Yanditswe: Friday 28, Jul 2017

Sponsored Ad

skol

Eman Ahmed Abdulati ku myaka 36 ni umugore wo mu gihugu cya Misiri waciye agahigo ko kuba umugore munini ku Isi, ariko kuri ubu ubuzima bwe bwagize impinduka zigaragara, nyuma y’aho akuriwe w’iwabo akajyanwa mu bitaro bya Abu Dhabi aho yakurikiranywe n’abaganga ndetse kuri ubu akaba amaze gutakaza ibiro bitari bike.
Eman Ahmed Abdulati umugore wo mu gihugu cya Misiri wari waraciye agahigo ko kuba ari we mugore munini ku Isi, nyuma y’amezi atari make uyu mugore yitabwaho n’abaganga mu rwego rwo (...)

Sponsored Ad

Eman Ahmed Abdulati ku myaka 36 ni umugore wo mu gihugu cya Misiri waciye agahigo ko kuba umugore munini ku Isi, ariko kuri ubu ubuzima bwe bwagize impinduka zigaragara, nyuma y’aho akuriwe w’iwabo akajyanwa mu bitaro bya Abu Dhabi aho yakurikiranywe n’abaganga ndetse kuri ubu akaba amaze gutakaza ibiro bitari bike.

Eman Ahmed Abdulati umugore wo mu gihugu cya Misiri wari waraciye agahigo ko kuba ari we mugore munini ku Isi, nyuma y’amezi atari make uyu mugore yitabwaho n’abaganga mu rwego rwo kugira ngo ibiro bye bigabanuke, kuri ubu arishimira uko angana kandi arifuza ko ibilo bye byagabanuka bikava ku bilo 504 bikagera kuri 95.

Uyu mugore yagiye mu Buhinde afite ibilo 504

Uyu mugore yavuye iwabo mu gihugu cya Misiri ajya kwivuriza mu Buhinde aho bamukoreye ubutabazi bushoboka nyuma agenda atakaza ibiro kugeza ubwo kuri ubu abamubona babona ko hari impinduka zigaragara yagize ku mubiri we.

Vuba aha uyu mugore ngo agiye gusubizwa iwabo mu Misiri abe ariho ajya gukomereza imiti yo kumufasha kugabanuka ibiro.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa