skol
fortebet

Umugore ukora isuku mu biro yambaye ubusa yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera akayabo bimwinjiriza [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 14, Sep 2018

Sponsored Ad

Umugore wo muri Australia ukora akazi ko gusukura bitandukanye yambaye ubusa, yaciye ibintu hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga kubera ko ku mwaka yinjiza akayabo k’ibihumbi 57 by’amapawundi.

Sponsored Ad

Uyu mugore w’imyaka 28 utashatse ko amazina ye ajya mu binyamakuru yavuze ko yarangije kaminuza mu bijyanye n’Ubucuruzi,ahitamo akazi ko gukoropa akora yambaye ubusa.

Agitangira aka kazi yavuze ko katamuhembaga amafaranga menshi gusa yaje gukubirwa kabiri umushahara we kugira ngo ajye agakora yambaye ubusa.

Uyu mugore ukorera ikigo gikomeye cyo muri ntara ya Queensland muri Australia,yavuze ko afite umubiri mwiza ku buryo bitamutera isoni gukora isuku mu biro yambaye ubusa mu gihe bamwe mu bantu ku mbuga nkoranyambaga banenze iki kigo ndetse bavuga ko ibyo gikora atari byiza gukoresha umukozi yambaye ubusa.

Uyu mugore yavuze ko akunda kwambara ubusa kubera imiterere y’umubiri we ndetse ibyo akora bituma aho akora hamenyekana ndetse bimuhesha akayabo.

Yagize ati “Nkunda kwambara ubusa kandi nishimiye imiterere yanjye ndetse nkunda aka kazi.Abakiliya bamaze kubyumva ndetse baranyubaha kuko baba bashaka ko tuvugana no kumbona.Ntambara ubusa sinabona amafaranga nkayo ninjiza buri munsi.”

Uyu mugore atarakorera iki kigo cyitwa Bare All,yahembwaga ibihumbi 28 ku mwaka akora amasaha 40 ku cyumweru ariko nyuma yo kwemera gukora aka kazi yambaye ubusa ahembwa ibihumbi 57 by’amapawundi ku mwaka akora amasaha 16 gusa mu Cyumweru.

Iki kigo gikoresha uyu mugore cyavuze ko gukoresha abagore bambaye ubusa atari ukwica amategeko kukobabikoze mu rwego rwo kwamamaza ndetse abambara ubusa ni ababyemera ku bushake bwabo.

Umuyobozi wa Bare All Cleaning Service, Brett Jones yavuze ko nubwo abagore babo bahanagura ibiro bambaye ubusa,nta wemerewe gukorana imibonano mpuzabitsina n’umuntu ari mu kazi.

Yagize ati “Nkubwije ukuri ibyo dukora ni ugufasha abakiliya bacu kureba ariko ntibakoreho.Abakozi bacu bajya mu kazi nta kindi kibajyanye uretse gukora isuku.Nta bikorwa by’urukozasoni bihaba uretse gushimisha abantu.

Muri iki kigo,umugore wambaye utwenda tw’imbere dukurura abagabo cyane,ahabwa amapawundi 50 ku isaha,uwambaye ubusa hejuru ahabwa amapawundi 75 mu gihe uwambaye ubusa buri buri ahabwa amapawundi 92 ku isaha.






Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa