skol
fortebet

Umugore w’imyaka 57 umaze gusambana n’abasore 200 arusha imyaka kuva muri 2010 yaciye ibintu

Yanditswe: Sunday 31, Mar 2019

Sponsored Ad

Umugore witwa Gaynor Evans w’imyaka 57 ukomoka mu mujyi wa London yaciye ibintu hirya no hino kubera gutangaza ko amaze kuryamana n’abasore 200 arusha imyaka.

Sponsored Ad

Uyu mugore umaze gutandukana n’abagabo 2 abaziza kunanirwa gutera akabariro,yatangarije abanyamakuru ko nyuma yo gutandukana n’aba bagabo be 2,amaze gusambana n’abasore 200.

Gaynor Evans yavuze ko gusambana n’abasore benshi bari munsi y’imyaka 30 bifasha umugore kudasaza vuba kuko ngo bazi gutera akabariro kurusha abarengeje iyi myaka.

Uyu mugore yavuze ko guhera mu mwaka wa 2010 nyuma yo gutandukana n’umugabo we wa kabiri, amaze gukundana n’abasore 200 ndetse ngo bose baryamanye inshuro nyinshi ariyo mpamvu yumva agifite imbaraga.

Uyu mugore ufite abana 4,yavuze ko umuryango we umufasha muri ubu buhehesi ahoramo n’abasore bakiri bato,cyane ko kuri ubu ari kumwe n’uw’imyaka 23.

Yagize ati “Nta mwanya ntakaza iyo ndi mu rukundo n’abasore bato.Nta muntu ukwiriye kunseka ngo nkundana n’umusore w’imyaka 25.Ntabwo niteguye kubireka.Abasore bakiri bato bafasha umuntu kumva uburyohe bw’isi.


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa