skol
fortebet

Umugore w’ umukire yavuze icyamuteye gushyingiranwa n’ abirabura 2 bava indi imwe

Yanditswe: Sunday 18, Nov 2018

Sponsored Ad

Umugore w’ imyaka 40 ukomoka mu Bufaransa wari wasuye igihugu cya Namibia ubu ni umugore w’ abasore babiri bava indi imwe uw’ imyaka 27 n’ uw’ imyaka 30.

Sponsored Ad

Muri iki gihugu amategeko yemerera umugore gushyingiranwa n’ abasore barenze umwe. Aba basore bari bamaze ibyumweru bibiri bamutembereza mu gihugu mbere y’ uko afata icyemezo cyo kubagira abagabo be.

Uyu mugore w’ umunyemari yabwiye Ikinyamakuru Afrique24 ko muri kamere ye akunda abanyafurika, ngo ni abana beza iyo bari abarimo ahora anezerewe.

Yagize ati “Nkunda Abanyafurika, ni abana beza bambaye hafi ubwo nari mu karuhuko muri iki gihugu, ikigeretse kuri ibyo ni abahanga mu buriri. Iyo ndi kumwe nabo mba nishimye ndabakunda bombi ndashaka ko ubuzima nsigaje ku isi tuzabumara”

Abanya Namibia baganiriye n’ itangazamakuru bavuze ko batekereza ko uyu mukirekazi yaba barahawe inzaratsi kuko ngo ntabwo byumvikana ukuntu umugore w’ umukire, wize yemeye kurongorwa n’ abasore b’ abanyacaro kandi b’ abakene.

Aba basore magingo aya baba mu Bufaransa kuko uyu mugore nyuma y’ amezi make yabajyanye bombi mu gihugu cye.

Ibitekerezo

  • "...ikigeretse kuri ibyo ni abahanga mu buriri". Byari kuntangaza iyo biba atari ibi wabakundiye. Uretse aba primitifs babiri icyarimwe ntawundi wahaza ingurube nk’iyi hahaaaa

    Uyu mugore ashobora kuba akunda ko bamwimya cyane.Ibaza gufata inkorokoro ebyiri zose z’abirabura.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa