skol
fortebet

Umugore wameze ihembe rimeze nk’iry’isatura mu mutwe yaciye ibintu hirya no hino ku isi [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 15, Feb 2019

Sponsored Ad

Umunyamerikakazi witwa Lisa w’imyaka 43 yarize bikomeye nyuma yo kubona ameze ihembe rimeze nk’iry’isatura mu mutwe we byatumye asubika ubukwe bwe kugira ngo abanze yivuze.

Sponsored Ad

Uyu mugore umaze imyaka 5 akundana n’umukunzi we, yamaze guhagarika ubukwe bwe nyuma yo kumera ihembe mu mutwe.

Uyu ubyeyi w’umwana umwe yanze ko abantu bamuha urw’amenyo kubera iri hembe yameze mu mutwe niko guhitamo kutajya ku karubanda.

Lisa yitabaje umuganga witwa Dr Pimple Popper watangaje ko iri hembe uyu mugore yameze ryatewe na bumwe mu bwoko bw’amaraso ye.

Lisa ukomoka ahitwa Connecticut yagize ati “ryakuraga buri munsi.Narababaraga bikomeye buri gihe.”

Uyu mugore yerekeje kwa muganga,arabagwa ndetse iri hembe yameze ryamaze gukurwaho,yabaye umuntu usanzwe.





Ibitekerezo

  • Komwandika Inkuru hanyuma mukavuga muti nguyu ariko Amashusho ntagaragare muba mushaka kuvuga iki?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa