skol
fortebet

Umugore wari warabaswe no gukora imibonano mpuzabitsina yavuze ukuntu yari yarasaze ashaka abagabo basambana

Yanditswe: Wednesday 13, Jun 2018

Sponsored Ad

Umugore witwa Karin Jones w’imyaka 49 yatangaje ko yabaswe no gukora imibonano mpuzabitsinaubwo yari ageze igihe cyo gucura, ndetse buri munsi yasambanaga n’abagabo barenga 3 batandukanye kugeza ubwo yataye umutwe kubera gushaka abagabo bo kumusambanya.

Sponsored Ad

Uyu mugore watandukanye n’umugabo we bari bamaranye imyaka 23 babana ndetse barabyaranye umwana umwe,yamaze umwaka wose yarabaswe no gukora imibonano mpuzabitsina ndetse buri gitondo yabyukiraga ku mbuga nkoranyambaga ari gushaka abagabo bamuzimiriza umuriro wahoraga umugurumanamo.

Karin yifuzaga gukora imibonano mpuzabitsina inshuro zirenga 3 ku munsi

Uyu mugore yavuze ko ubwo yageraga mu gihe cyo gucura,ubushake bwe bwo gukora imibonano mpuzabitsina bwariyongereye ndetse atangira kwifuza abagabo ku buryo budasanzwe aho iyo yabaga atasambanye na benshi yarwaraga.

Uyu mugore yavuze ko gutandukana n’umugabo we byamukururiye ibibazo kuko yakeneye uwo bajya bakorana imibonano muzabitsina akamubura, bituma yiyandikisa ku mbuga zihuza abagabo n’abagore bakeneye abo bakorana imibonano mpuzabitsina ndetse yategaga abagabo bazaga guhaha ku isoko bari baturanye mu mujyi wa London, akabasaba ko bakorana imibonano mpuzabitsina.

Karin yavuze ko nta rukundo yagiraga ahubwo yahoranaga agahinda ko gutandukana n’umugabo we ndetse yifuzaga kurera umwana we w’umuhungu atashakaga undi mugabo.

Karin yatesheje umutwe abagabo baca inyuma abagore babo

Karin Jones yavuze ko yamaze umwaka wose afite iki kibazo cyo kwifuza gukora imibonano mpuzabitsina ndetse yaryamanye n’abagabo atazi umubare, bafite abagore.

Ibitekerezo

  • UWARIYE NIWE USONZA YABYITWAYEMO GUTE KUGIRANGO ABICIKEHO?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa