skol
fortebet

Umugore wihinduje umugabo yabyaye mu buryo bwatangaje abatari bake[AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 21, Jul 2019

Sponsored Ad

skol

Umugabo witwa Freddy McConnell, umugore wihinduye umugabo, yavutse ari umukobwa nyuma amaze gukura aza kwihindurisha aba umugabo, yamaza kwibaruka umwana we wa mbere.

Sponsored Ad

Kuri uyu wa Kane taliki ya 18 Nyakanga 2019 ,umugabo w’Umutaliyani witwa Freddy w’imyaka 25 y’amavuko yibarutse nyuma y’igihe kingana n’amezi icyenda atwite.

Inkuru dukesha ikinyamakuru cya Daily Mail cyavuze ko uyu mugabo ubusanzwe yavutse ari umukobwa gusa nyuma yaje kutishimira igitsina cye niko kujya kwa muganga asaba abaganga ko bamuhindurira igitsina.

Nyuma yicyo gihe cyose yageze ubwo yumva ko ashaka kwibaruka niko gusaba ko yaterwa inanga kugirango azabyare , ibi niko byagenze yatewe izo ntanga niko gusama atangira ibihe byo kujya yitwara nk’umubyeyi.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane nibwo yerekeje mu bitaro bimwe biherereye mu iwabo bitatangajwe niko kwibaruka neza.

Amakuru akomeza avuga ko nubwo uyu mugabo yibarutse gusa yasabwe ko mu gihe cyo kwandikisha umwana ko atazajyayo nk’umubyeyi ahubwo azashaka umugore ukwiye kwishingira uwo mwana ngo kuko nubwo yihinduye umugore ntibivuze ko ari umugore w’ukuri.

Benshi bibajije icyo agiye gukora mu gihe umwana ashatse konka maze abasubiza ko yamaze kubona umuntu ufite amashereka aho azamwotsa mu gihe kingana n’amezi 5 maze nyuma agahita amushyira ku mata.

Freddy, umugore wihinduye umugabo, yaboneyeho gushimira by’umwihariko abantu bamuhaye intanga yifashishije kugirango yibaruke.

Ibitekerezo

  • Muriyi nkuru harimo ibidasobanutse kandi nanone harimo n’imyandikire idahwitse y’ikinyarwanda. Ngo yabonye undi muntu ufite amashereka "uzamwotsa"????

    Plz mwige kwandika neza ikinyarwanda. Ngo guterwa inanga???? Umuntu uzamwotsa?? Undi nawe ati yamenye amazi! Mushake umwanditsi Uzi ururimi plz

    Biratangaje p kd biranababaje

    Nonese yabyaye ate kandi baramuteye inanga? kuko inanga tuzi ko ari igicurangisho cyifashishwa mugucuranga. ubwo se bamuteye inanga igeze munda ye ibyara inhinduka bwana ite? None se ko avuga ko yabonye umuntu ufite amashereka azamwotsa amezi atana yese ubwo uwo mwana azatungwa no kotswa gusa? ubwo se nibambwotsa amezi atana yose bivuze ko bazamutwika amezi atanu n’umuriro ntzabaya yarashiririye rwose yarabaye ikara? Ubwose azaba akiri umuntu cyangwa? Yemwe iyi nkuru jye ntabwo mbashije kuyumva ndabona ari amayobera. Uwayumvise yansobanurira.

    Niba adashaka kumwonsa yamubyariraga iki?ariko kuki abantu bashaka guhinyuza Imana koko ntiyanyuzwe uko yaremwe ariko yifuje kubyara iyo akomeze akaba umugabo

    Uyu mwanditsi utazi ibihekane yize he?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa