skol
fortebet

Umugore wishe abantu akanaroga nyina yirukanwe n’abaturage nyuma yo kumukubita bamwambuye ubusa[AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 14, Apr 2018

Sponsored Ad

skol

Umugore ushinjwa n’abaturage kwica abaturanyi be abaroze bikanemezwa neza ko yiyiciye nyina umubyara na we amuroze, yirukanwe n’abaturage mu gace batuyemo nyuma yo kumurakarira bikabije no kwanga birinda ko azabamaraho abantu. Nkuko amakuru dukesha ikinyamakuru cyo muri Nigeria abihamya, abaturage bo mu gace ka Amuda Isuochi, mu murwa wa Abia, biyirukaniye umugore bashibja uburozi nyuma y’uko ngo aherutse kuroga umugore w’umuturanyi we n’abana be bane bagapfira rimwe. Uyu mugore kandi (...)

Sponsored Ad

Umugore ushinjwa n’abaturage kwica abaturanyi be abaroze bikanemezwa neza ko yiyiciye nyina umubyara na we amuroze, yirukanwe n’abaturage mu gace batuyemo nyuma yo kumurakarira bikabije no kwanga birinda ko azabamaraho abantu.

Nkuko amakuru dukesha ikinyamakuru cyo muri Nigeria abihamya, abaturage bo mu gace ka Amuda Isuochi, mu murwa wa Abia, biyirukaniye umugore bashibja uburozi nyuma y’uko ngo aherutse kuroga umugore w’umuturanyi we n’abana be bane bagapfira rimwe.

Uyu mugore kandi wirukanwe muri aka gace n’abaturage bagenzi be nyuma yo kurengwa n’umujinja w’iganjemo uburakari, babanje kumukubita cyane bari mu ruhame nk’uko bigaragazwa n’amafoto yafotowe, banamushwanyagurizaho imyenda yari yambaye agenda ntako kwikinga afite.

Uyu mugore kandi utatangajwe amazina ye, arashinjwa n’aba baturage kwigabiza abaturage bo muri ako gace akabicisha uburozi aho bemeza neza ko ari na we wishe nyina umubyara. Ngo kwifatira umwanzuro nk’uyu rero ahanini aba baturage babitewe n’uko ikibazo cy’amarozi kigora cyane mu nzego z’ubuyobozi rimwe na rimwe ukanasanga ibimenyetso bifatisha uwaroze undi bibura kandi abaturage bo baba bazi amakuru yose kandi anahagije ku murozi.



Nyuma yo kumukubita bamushanyagurijeho imyenda, abaturage bamushohesheje bamwirukana mu gace batuyemo banga ko yazabamaraho abantu abicisha amarozi,

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa