skol
fortebet

Umugore yafashwe ari kurya inyama z’umwana we ari muzima

Yanditswe: Monday 26, Mar 2018

Sponsored Ad

Umugore witwa Pramila Mondal ukomoka mu Buhindi yafashwe ari kurya umwana we w’umukobwa w’imyaka 2 ari muzima kubera inzoga nyinshi yari yanyoye.
Pramila yaguwe gitumo ari kurya inyama z’umwana we
Uyu mugore w’imyaka 40, yakubiswe inkoni nyinshi n’abaturanyi be nyuma yo gufatwa ari gukata inyama z’umwana we ari muzima akazirya,akizwa n’abapolisi bahuruye baje kureba ibyabaye.
uyu niwe mwana mama we yari atangiye kurya
Umwe mu batangabuhamya yavuze ko ubwo yari aryamye yakanguwe n’urusaku (...)

Sponsored Ad

Umugore witwa Pramila Mondal ukomoka mu Buhindi yafashwe ari kurya umwana we w’umukobwa w’imyaka 2 ari muzima kubera inzoga nyinshi yari yanyoye.


Pramila yaguwe gitumo ari kurya inyama z’umwana we

Uyu mugore w’imyaka 40, yakubiswe inkoni nyinshi n’abaturanyi be nyuma yo gufatwa ari gukata inyama z’umwana we ari muzima akazirya,akizwa n’abapolisi bahuruye baje kureba ibyabaye.

uyu niwe mwana mama we yari atangiye kurya

Umwe mu batangabuhamya yavuze ko ubwo yari aryamye yakanguwe n’urusaku rw’abantu benshi bakubitaga uyu mugore kubera ko yafashwe ari gukata inyama z’uyu mwana we akazirya ndetse uyu mwana waviriranaga cyane yahise ajyanwa kwa muganga byihuse kugira ngo adakomeza gutakaza amaraso menshi.

Nyuma yo kumukubita cyane,uyu mugore Pramila yemereye aba baturage ko aya mahano yayakoze gusa yaje gukizwa na polisi yahurujwe n’umwe mu bagize umuryango we,ndetse ahita ajyanwa kwa muganga.

Yakubiswe iza akabwana akizwa na polisi

Umugabo w’uyu mugore,yari mu mugi wa Delhi aho yari yaragiye guhahira urugo,ariko uyu mugore agashaka kumurira umwana ari muzima.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa