skol
fortebet

Umugore yajyanye mu nkiko umugabo wapanuye cyane igitsina cye bari gutera akabariro

Yanditswe: Saturday 10, Nov 2018

Sponsored Ad

Umugore ukomoka muri Zimbabwe witwa Silindile Mangena w’imyaka 29 ari mu nkiko arega uwahoze ari umukunzi we witwa Mugove Kurima w’imyaka 37 ko yapanuye igitsina cye ubwo barimo batera akabariro bikaba bisaba ko yishyura amapawundi 800 kugira ngo yibagishe gisubirane.

Sponsored Ad

Uyu mugore yabwiye urukiko ko uyu mugabo yari afite igitsina kinini cyane, gifite ubumuga bituma apanura icye ubwo barimo batera akabariro bityo akwiriye kumwishyurira aya mapawundi 800 kugira ngo yivuze gisubire uko cyahoze.

Silindile utuye mu mujyi wa Harare,yabwiye ikinyaamakuru Zimbabwe Mail ko igitsina cye cyari kimeze neza,ariko akimara kuryamana na Kurima muri 2016, cyahise cyaguka ku buryo bukomeye bityo yamureze mu nkiko kugira ngo amwishyurire ibihumbi 150 by’amarandi akoreshwa muri iki gihugu kugira ngo yivuze.

Silindile yavuze ko uyu mugabo yamusambanyije kandi yari asanzwe afite umugore bashyingiranywe mu buryo bwemewe n’amategeko.

Silindile Mangena yamaze kugeza ikirego mu rukiko rukuru rwa Zimbabwe arega uyu mugabo wamusambanyije akagura igitsina cye ndetse ko akwiriye kumwishyurira aya mafaranga kugira ngo ajye kwibagisha muri Afrika y’Epfo kugira ngo gisubirane.

Ibitekerezo

  • Nubwo abantu nyamwinshi bakunda "gusambana",bigira ingaruka nyinshi cyane:Ubwicanyi,gukuramo inda,gutana kw’abashakanye,sida,imitezi,kwiyahura,etc...Niyo mpamvu imana itubuza gusambana.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa