skol
fortebet

Umugore yakubise umugabo we amugira intere arangije aramunyarira nyuma yo kumufata ari kumuca inyuma

Yanditswe: Saturday 23, Mar 2019

Sponsored Ad

Umugore ukomoka mu mujyi wa Lusaka muri Zambia,yakoze amahano ubwo yafataga umugabo we ari kumuca inyuma,aramukubita amugira intere arangije aramunyarira,abantu bari gufata amashusho.

Sponsored Ad

Uyu mugore ukomoka mu gace kitwa Mtendere yafashe umugabo we ari kumwe n’indaya muri apartement,atangira kumukubita cyane bigera ubwo amugira inoge arangije amunyara mu maso nyuma yo kumukuramo ipantaro.

Uyu mugore witwa Juliet Mvula yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ibikorwa bya kinyamaswa yakoreye umugabo we imbere y’abantu,ubwo yamukuragamo ipantaro,nyuma yo kumukubita inkoni nyinshi,arangije amunyaraho ari kumutuka ngo ni imbwa.

Uyu mugabo yakomeje kuvuza induru asaba ubufasha ariko rubanda rwarimo rureba rwifatiraga amashusho aho kumutabara.

Ibitekerezo

  • birababaje kbs imico burya iratandukanye murwanda ntabyabaho

    Yemwe bagabo barabona noneho gukurikirwa no kumunyara hejuru????? Egk!!!! Ni akumiro!!

    Wenda twemera ko yamuhondaguye abitewe n’umujinya cg agahinda da!! ariko se no kumunyaraho??? None yamurushije iki? Uwavuze ngo * Singaye na ya mbuto yarumbye, ahubwo n’umurima wari ntawo !!!* Ntabwo yabeshye rwose!

    Kur Ububshyi Umugabo Arakubitwa?

    Imana isaba abashakanye "kudacana inyuma".Nyamara usanga ababikora ari millions and millions mu rwego rwo kwishimisha.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma babura ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa