skol
fortebet

Umugore yarahiriye gukomeza kwiyongeresha amabere nubwo uruhu rwe rukomeje gushishuka kubera kwibagisha [AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 31, Dec 2018

Sponsored Ad

Umugore witwa Ava Van Rose w’imyaka 26 yatangaje ko ashaka gukomeza kongeresha amabere ye nubwo yahuye n’uruva gusenya uruhu rwe rukomoka kubera kwibagisha.

Sponsored Ad

Uyu mugore ukomoka muri Irlande,yavuze ko atazahwema kwiyongeresha amabere nubwo uruhu rw’ayo afite rwatangiye gushishuka nyuma yo kwiyongeresha amabere ku nshuro ya mbere.

Uyu mubyeyi w’abana 3 yavuze ko yifuza gukomeza kwiyongeresha amabere kugira ngo azace agahigo muri Irlande ndetse bimufashe kuba icyamamare.

Uyu mugore yatangarije ikinyamakuru Dublinlive ko amaze kwibagisha kabiri ndetse yiteguye gukomeza kongera amabere ye ndetse yifuza kujya kwisuzumisha hakarebwa impamvu uruhu rwe rukomeje gushishuka.

Yagize ati “Ni byiza kumera nkuko mbyifuza kuko nkunda kwifotoza cyane.Ndashaka ko amabere yanjye aba Manini.Sinkunda kubona umugore ufite umubiri udakurura abagabo.Ndifuza kwigarurira abagabo.Ndashaka kwandikwa mu mateka y’ibyamamare muri Irlande.”

Ava yavuze ko agiye kwiyongeresha amabere ariko abaganga bo mu gihugu cye batazongera kumukoraho.




Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa