skol
fortebet

Umugore yahuye n’uruva gusenya nyuma kumara amasaha 24 agakingirizo kamuhezemo

Yanditswe: Sunday 11, Aug 2019

Sponsored Ad

Umunya Australia uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko You Tube,Nadia Bokody,yahuye n’uruva gusenya ubwo yarwaraga akaremba nyuma y’amasaha make akoze imibonano mpuzabitsina,agiye kwa muganga bamubwira ko ari agakingirizo kamuhezemo ari gukora imibonano mpuzabitsina.

Sponsored Ad

Uyu mugore usanzwe ari inararibonye mu bijyanye no guhugura abantu ku byerekeye ibitsina,yavuze ko yakunze Umwongereza bakoraga mu biro bimwe,bagirira urugendo muri Hawaii niko kumusaba ko batera akabariro arabyemera,birangira amuhehejejemo agakingirizo kubera ko atari inararibonye mu kagokoresha.

Yagize ati “Nta bunararibonye yari afite mu gukora imibonano mpuzabitsina.Twari tumeze nk’amasugi abiri agiye kubikora bwa mbere.Nibwo bwa mbere nari mbihiwe n’imibonano mpuzabitsina cyane.

Madamu Nadia Bokody yavuze ko ibintu byabaye bibi cyane ubwo yabonaga uyu mugabo atambaye agakingirizo kandi batangiye akambaye.

Nadia yavuze ko bagashatse cyane mu mashuka yo muri Hoteli barakabura kugeza ubwo baketse ko kamuhezemo ariko ngo yabyemejwe n’abaganga amaze kugaruka muri Australia.

Yagize ati “Nicaye mu mwanya wanjye mu ndege natangiye kumva ntameze neza.Numvise meze nk’umuntu ugiye kuruka.Nahise nibaza nti “Naba ntwite se ?.”

Uyu mugore yavuze ko yagiye kwa muganga bamubwira ko ako gakingirizo kamuhezemo ndetse ngo kuva ubwo arigengesera cyane ku bijyanye n’ikoreshwa ry’agakingirizo.


Ibitekerezo

  • Ubusambanyi bugira ingaruka nyinshi cyane.Niyo mpamvu Imana ibitubuza.Hari Gufungwa,kwica cyangwa kwicwa,kwiyahura,gukuramo inda,guhotora cyangwa kujugunya umwana wabyaye,gusenya ingo ku bashakanye,etc… Nkuko Yesaya 48 umurongo wa 18 havuga,turamutse twumviye Imana nibwo twagira amahoro gusa.Ibibazo byinshi isi ifite biterwa nuko abantu batuye isi hafi ya bose basuzugura Imana.Niyo mpamvu nayo yashyizeho umunsi w’imperuka,kugirango izabakure mu isi izaba paradizo dutegereje ivugwa muli petero wa 2,igice cya 3,umurongo wa 13.Mwibuke ko ku gihe cya Nowa Imana nabwo yarimbuye millions nyinshi z’abantu bose bali batuye isi,hakarokoka gusa abantu 8 bumviraga Imana.Ni Yesu ubwe wahamije iyo nkuru,hanyuma avuga ko ariko bizagenda nagaruka ku munsi w’imperuka. It is a matter of time.Niwo muti w’ibabazo biri mu isi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa