skol
fortebet

Umugore yihanangirijwe n’urukiko kubera urusaku aba afite mugihe cyo gutera akabariro(AMAFOTO)

Yanditswe: Tuesday 23, May 2017

Sponsored Ad

skol

Umugore w’imyaka 53 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza witwa Caroline Cartwright,Urukiko rwo mu Bwongereza rwamutegetse ko areka kuzanjya asakuriza abaturanyi mu gihe ari gukora imibonano mpuzabitsina.
Uyu mugore Caroline we ngo ntabwo yumva uburyo uru rukiko rwamubuza gusakuza mu gihe ari gukora imibonano mpuzabitsina kuko ngo ari bwo yumva ari kuryoherwa iyo asakuje,kandi ngo iyo ari gusakuza n’umugabo we nibwo nawe yumva ko yakoze akazi k’abagabo. Caroline n’umugabo we (...)

Sponsored Ad

Umugore w’imyaka 53 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza witwa Caroline Cartwright,Urukiko rwo mu Bwongereza rwamutegetse ko areka kuzanjya asakuriza abaturanyi mu gihe ari gukora imibonano mpuzabitsina.

Uyu mugore Caroline we ngo ntabwo yumva uburyo uru rukiko rwamubuza gusakuza mu gihe ari gukora imibonano mpuzabitsina kuko ngo ari bwo yumva ari kuryoherwa iyo asakuje,kandi ngo iyo ari gusakuza n’umugabo we nibwo nawe yumva ko yakoze akazi k’abagabo.

Caroline n’umugabo we barihanangirizwa n’urukiko

Itegeko ryaje nyuma yuko abapolisi baje mu rugo rwa Caroline bahamagawe n’abaturanyi be inshuro zigera kuri mirongo itatu zose mu buryo bwo kubacecekesha kuko babangamira abaturanyi.

Mu kiganiro uyu mugore yagiriye kuri TEleviziyo ya Channel 5 yo mu gihugu cy’Ubwongereza yagize ati”Ntabwo byanyorohera gukora imibonano mpuzabitsina na natekereza ,oh,ahubwo njye ngira urusaku rwinshi kuko aribwo numva nryoherwa aho guceceka”.

Mu rwego rwo kurinda ko urusaku rwagera ku bantu Caroline yahisemo kugura igitanda kidasakuza ndetse n’icyumba bararamo we n’umugabo we bagikikiza ibintu bituma urusaku rutasohoka hanze.

Caroline abwira umucamanza yagize ati “Ntabwo nigeze niyumvisha impamvu abantu bansaba ko naceceka kuko kuri njye gusakuza mbifata nk’ibintu bisanzwe,ntabwo niyumvisha ibice bakomokamo,nagerageje koroshya ibibazo kugira ngo ntabuza abantu kuryama nijoro,imibonano mpuzabitsina nyikora mu gitondo kugira ngo abo baturanyi bavuga ko mbabuza gusinzira basinzire”.

Ibitekerezo

  • Andika Igitekerezo Hanombega umugore we wrarutanze gusa ese ubwo agira abana koko nikibazo peeee,!!!!!!!

    Andika Igitekerezo Hanombega umugore we wrarutanze gusa ese ubwo agira abana koko nikibazo peeee,!!!!!!!

    Uwankumpa ngo nkuvuze wumve uko ubaye

    Uyu mugore ararengana kuko ibyo yavuze ni ukuri! Nanjye ntubyanshobokera guceceka kubera ibihe mba ndimo binejeje! Uwo bibaho niwe wamwumva gusa.

    Ntakundi gusa bakore ibyo babasabye bashire sound insulation mucyumba cyabo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa