skol
fortebet

Umuhanzikazi wo muri Uganda yatumye igitsina cya Koffi Olomide gihaguruka imbere y’abantu

Yanditswe: Monday 16, Apr 2018

Sponsored Ad

skol

Umuhanzikazi Iryn Namubiru yahagurukije igitsina cy’ umuhanzi Koffi Olomide imbere y’abantu mu gitaramo.

Sponsored Ad

Ibi byabereye mu gitaramo umuhanzi w’ icyamamare Koffi Olomide yakoreye i Paris mu Bufaransa ,aho iki gitaramo cyatumiwemo umuhanzikazi ukunzwe muri Uganda witwa Iryn Namubiru wakunzwe mu ndirimbo zirimo Love you , My Love , Nyonyi Ntono ndetse n’izindi.

Nkuko tubikesha ikinyamakuru cya Ugbliz cyatangaje ko mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 15 Mata umuhanzi Koffi yarafite igitaramo i Paris aho nyuma yaje kuhahurira n’umuhanzikazi Iryn ufite inkomoko muri Uganda nawe wataramiye abari aho,hanyuma bikaza kuba ngombwa ko bagirana ibiganiro byihariye kubijyanye na muzika yabo bombi.

Ibiganiro birangiye bagiye gufata ifoto y’urwibutso Koffi Olomide biza kugaragara ko igitsina cye cyabyutse ku buryo byagaragariye buri muntu wese bitewe nuko umwambaro Iryn Namubiru yari yambaye wagaragazaga amabere ye hanze .

Ibi kandi bigaragazwa n’amafoto yafashwe mu gihe bafataga ifoto y’urwibutso bombi ubona ko igitsina cya Koffi cyabyutse mu ipantaro.

Amakuru akaba akomeza avugako hatamenyekanye iherezo rya Koffi gusa ko yahise ava ahabereye igitaramo yerekeza kuri Hoteli yari yateganyirijwe kuraramo.

Ibitekerezo

  • Ntimugakabye, ntavmcyabaye uwo se niwe wambere koffi ahagararanye nawe irenze

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa